Abanyarwanda batuye Senegal bakiriye ikipe y’u Rwanda y’amagare-Amafoto

Umuryango w’Abanyarwanda batuye muri Senegal bakiriye ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare bayishimira uko yitwaye muri Tour du Senegal

Nyuma y’icyumweru kirenga baba inyuma y’iyi kipe y’igihugu yari ihagarariye u Rwanda, mu isiganwa ry’amagare rizenguruka ighugu cya Senegal rizwi nka Tour du Senegal, iyi kipe yaje kwakirwa n’Abanyarwanda batuye Senegal, ibirori byabereye mu mujyi wa Dakar.

Muri iri siganwa, Umunyarwanda waje imbere ni Bonaventure Uwizeyimana waje ku mwanya wa kane. aho yarushijwe iminota 3 n’amasegonda 45 n’umunya-Namibia Dan Craven wegukanye iri siganwa.

Amwe mu mafoto y’uko Abanyarwanda bakiriye iyi kipe n’andi yaranze isiganwa

Aimable Bayingana, Umuyobozi wa Ferwacy nawe yakurikiranye iri siganwa, aha yaganiraga n'Abanyarwanda batuye Senegal
Aimable Bayingana, Umuyobozi wa Ferwacy nawe yakurikiranye iri siganwa, aha yaganiraga n’Abanyarwanda batuye Senegal
Banafashe umwanya bacinya akadiho
Banafashe umwanya bacinya akadiho
Team Rwanda n'Abanyarwanda baba Senegal bari baje kuyishyigikira
Team Rwanda n’Abanyarwanda baba Senegal bari baje kuyishyigikira
Abakinnyi ba Team Rwanda bafata ifunguro
Abakinnyi ba Team Rwanda bafata ifunguro
Basangiye banabashimira uko bitwaye muri iri siganwa
Basangiye banabashimira uko bitwaye muri iri siganwa

Amafoto: Mukiza Pascal/Diaspora y’u Rwanda muri Senegal

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

congs. ariko nta yandi makabutura abatwara amagare bagira atabyimbisha ibitsina byabo?
biba biteye isoni. ntabwo bijyanye n’umuco nyarwanda

itetero yanditse ku itariki ya: 30-04-2018  →  Musubize

hhhhhhhhh, ngo amakabutura abyimbisha.....?Noneho ndumiwe.

Alias yanditse ku itariki ya: 1-05-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka