Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Ihere ijisho urujya n’uruza rw’imodoka ku muhanda mushya wa Kigali Convention Centre
14/03/2018 - 09:18
Kigali Today Ltd yizihije umunsi mpuzamahanga w’abagore
8/03/2018 - 13:29
Imbuto Foundation yatangiye kongerera ubushobozi abakobwa bifuza gukora itangazamakuru
8/03/2018 - 09:01
Davido yakoze igitaramo cy’amateka mu Rwanda - ’30 Billion Concert’
4/03/2018 - 08:39
Davido yemeje Jay Polly nk’umuhanzi yemera mu Rwanda
4/03/2018 - 08:34
Umuco wa ’Protocol’ si mwiza - Perezida Kagame
2/03/2018 - 19:35
VIDEO: ’Mucike ku muco wo kwiremereza’ - Perezida Kagame
2/03/2018 - 08:51
VIDEO: ’Iyo nagiye ahantu, ahatari umuhanda barawuhashyira’ - Perezida Kagame
2/03/2018 - 08:43
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo