Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Yabyaje umusaruro amahirwe amukikije yihangira umurimo
3/04/2018 - 10:08
Video: Impunzi za mbere z’Abarundi zamaze kwambuka umupaka zitaha
1/04/2018 - 14:34
TVET Gicumbi: Uburyo budasanzwe butinyura abanyeshuri gusubiza
31/03/2018 - 17:20
Rudasumbwa wa Afurika 2017 yavuze impamvu yanze kwitabira Godfather East Africa
28/03/2018 - 17:56
Imbyino n’imivugo byasusurukije inama ya NEF 2018
26/03/2018 - 17:00
Haracyagaragara ubusumbane hagati y’abagore n’abagabo mu bya siyansi ku Isi hose - Perezida Kagame
26/03/2018 - 15:39
Ibihe by’ingenzi byaranze Rwanda Cycling Cup 2018 Kigali - Huye
26/03/2018 - 08:48
Diamond Platnumz ni umuntu w’ikitegererezo - Harmonize
23/03/2018 - 12:35
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo