Danny Beats wakoze Twifunze ya Sintex, ku Gasima ya Bushali, na Sabrina ya Mike Kayihura aratangaje

Producer Izere Daniel, uzwi nka Danny Beats, ni umwe mu basore batunganya muzika mu Rwanda bakomeye, umaze gukora indirimbo nyinshi zikunzwe hano mu Rwanda zirimo, Twifunze ya Sintex, Ku Gasima ya Bushari ndetse na Sabrina ya Mike Kayihura.

Uyu mu Producer avuga ko yigishijwe gutunganya imiziki n’inshuti ze zari zisanzwe zikora uyu mwuga, na we kubera urukundo yabikundaga atangira kujya abikora nk’uwikinira, ariko mu mwaka wa 2009 atangira kubikora nk’umwuga ubu bikaba bimutunze.

Byinshi kuri Producer Danny Beats wabyumva muri iyi video:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka