Kureba andi mafoto menshi kanda AHA
Amafoto: Plaisir Muzogeye
Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
Kureba andi mafoto menshi kanda AHA
Amafoto: Plaisir Muzogeye
Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto
|
Hari ibyo abana babaza abakuru kuri Jenoside bikabagora kubibonera ibisubizo
Guteza imbere Siyansi bizagira uruhare mu iterambere ry’Igihugu - Dr. Edouard Ngirente
Kugira ubumenyi bw’ikoranabuhanga bizafasha urubyiruko kwihangira imirimo
UN Rwanda yibutse abari abakozi bayo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
u Rwanda rwacu ni rwiza cyane,muzadushakire naya Parike yibirunga naho ubundi nibyiza kutugezaho amashusho atwereka igihugu cyacu uko giteye.
ariko nkuyu uba uvangira abantu na za bible ngaho uzage mwijuru ariko uduhe amahoro njya wandika mubinyamakuru byamamza bible ahangaha ndabona wayobye
mbega byiza !!! eeeeee!! reka natwe duterimbere abanyamahanga tugire icyo tubarushya. nange ndajya kwibera kugisenyi toooo.
ngenda Rwanda urinziza pe
sibyo nivugiye,jyakuri Kigali today wirebere kunyengero za Kivu.
Ndabona yashyira imbaraga muri editing uyu wafashe ama photos
kuko ntabwo ameze neza yashyizemo bleu nyinshi muri editing.
Mbega byiza we!!!Turashimira cyane Photograph Plaisir Muzogeye na Kigalitoday.com.Nakunze cyane iriya Meandre na tuliya turwa hamwe na peninsula.Nkunda cyane Nature.Ariko nk’umukristu wiga cyane BIBLE,ndibutsa abantu ko Bible yigisha ko hazabaho isi yose izaba Paradizo (2 Petero 3:13).Ntabwo imana ishaka ko abantu beza bose bazajya mu ijuru nkuko amadini menshi yigisha.Bible isobanura neza ko Abakiranutsi bazaguma ku isi izaba Paradizo.Byisomere muli Imigani 2:21,22.Ndetse na YESU ntabwo yigishaga Ijuru gusa.Ahubwo yigishaga ko hazabaho n’isi ya Paradizo,izaturwamo n’abantu beza (Matayo 5:5).Abantu bazajya mu ijuru,ntabwo bazaba bajyanywe no kuririmba nkuko abiyita abarokore bigisha.Ahubwo bazaba Abami,bategeke isi ya Paradizo.Bisome muli Daniel 7:27 na Ibyahishuwe 5:9,10.Mbisubiremo,hazabaho isi ya Paradizo n’Ijuru (2 Petero 3:13).Abantu bibera mu byisi gusa ntibashake imana,bazarimbuka burundu kuko imana ibafata nk’abanzi bayo (Yakobo 4:4).
Mu isi nshya,tuzaba dukina n’intare,inzoka,etc..Nabyo byisomere muli Yesaya 11:6-8.Twiteguye kwigana Bible n’umuntu wese ubishaka kandi ku buntu.Ntabwo ushobora kuba Umukristu utabanje kwiga neza Bible kugirango umenye neza icyo imana idusaba.Kuba abantu batunze Bible batazi ibirimo,ni ikosa rikomeye cyane.Bisaba imihate n’ubushake.
nyine wabonye KO iyi si yacu ari nziza ,ngaho cyo irebe yabaye nshya,nawe uhari