Kuri uyu wa mbere urubuga rwa KT PRESS ruragaragara mu isura nshya

Kubera ibyifuzo by’abasomyi b’ urubuga rwa Kigali Today rwandika mu Cyongereza, (www.ktpress.rw), uru rubuga rwaravuguruwe, rukaba ruri bugaragare mu isura nshya kuri uyu wa mbere.

Mbararikiye kurushaho kurusura muri benshi

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo   ( 2 )

YEBANA NDASHAKA KUZATEMBERA KIGAL YOSE NYITERYEREZE KUMVA NTAHAZI

UWIZEYIMANA ANANIAS MURUGO NIMUKARERE KANYAMASHEKE yanditse ku itariki ya: 23-11-2017  →  Musubize

NIBYIZA PEEE!!

HAKORIMANA ERIC yanditse ku itariki ya: 27-10-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka