Ifoto y’icyumweru (Minisitiri Kaboneka mu ifamu ya AERG i Karangazi mu Mutara).
Ibitekerezo ( 10 )
Ohereza igitekerezo
|
U Rwanda rwatsinze u Burundi rugera 1/2 mu irushanwa #IHFTrophy (Amafoto)
Kuganira mu muryango ni izingiro ry’ubumwe n’iterambere –MIGEPROF
Gen Mubarakh Muganga yakiriye itsinda ry’abarimu n’abanyeshuri baturutse mu Bwongereza
Guhuza Aba-Rayons hanze n’imbere mu kibuga: Ibinengwa n’ibishimwa mu myaka ine y’ubuyobozi bwa Uwayezu Jean Fidèle
kaboneka turamushima cyane kugumya kwifatanya natwe gusa byagakwiye kubera nabandi urugero dufite ubushake imbara zokubaka igihugu ariko ducyeneye nanone ibitekerezo nkibya minister kaboneka.
Imana Igushoboze Kugakora Neza,and Excellence, Paul Kagame.God Bless You,
Nabandi Nibamwigireho
eheheheh! birashimishije kabisa! gusa Minister Uri intwari rwose IMANA ijye ikomeza kubigufashamo tukomeze kugira ejo heza.
mINISTER kaboneka n,imfura nkuko benshi mwabivuze. Agera mubasirimu akaba umusirimu. Yagera mubaturage akagerageza kuba nkabo.Bishatse kuvugako aca bugufi agasshyikirana na bose. Yemwe Muzehe areba kure wamushinze kariya kazi.Burya ntiwamenya ibibazo by,umuntu utamwegereye ngo muganire, we rero yegera bose ntawe assize inyuma ibi ndabivuga kuko nabimubonyeho ahubwo nakomereze aho amenye by,ukuri ibibazo byabaturage. Imana izamushoboze.
yego, Dukeneye abayobozi nka Kaboneka mugihe turi mubihe nkibi aho U rwanda dushaka iterambere rirambye, kandi nishimwe rikomeye kuri prezida wacu, uhora ashakira igihugu ibyiza kandi byishi kubwa hazaza heza hu Rwanda nabanyarwanda.
Big Up kuri gafotozi wiyi foto Rutindukanamurego turamwemera cyane, mu nkera ho bikaba ibindi. Thanx to kigalitoday
Nyakubahwa perezida wa Repubulika azi guhitamo we wahisemo Kaboneka, inshuti y’urubyiruko muri Minisiteri ya Local Governement , akunda abantu agakunda akazi kandi akanasabana n’imfura as some one said before
Minister Kaboneka ni imfura cyane, ni Umusaza mu basaza akaba Umwana mu bana, mbega ntacyo wamunganya Minister Imana ikomeze ikongerere umugisha kandi iguhe gukomezanya umutima mwiza wigirira
nyuma y’indi mirimo n’ibi nabyo biba bikenewe