Ifoto y’icyumweru
Ifoto yafashwe na Roger Marc Rutindukanamurego.
Shakisha izindi nkuru
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
Ifoto yafashwe na Roger Marc Rutindukanamurego.
|
Amavubi yakoze imyitozo ya gatatu, Sugira avuga ko igihe kigeze ngo bahe abanyarwanda icyo bakwiye (AMAFOTO)
Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden
Wisdom School ikomeje intego yo gutoza umwana kwishakamo ibisubizo
Mu Rwanda abantu 257 babasanzemo COVID-19
Dukore ikigereranyo turebe:
Ikigega=?
Imireko=?
Amatiyo=?
Attache z’imireko=?
Coude=?
Imifuniko y’imireko=?
Robine=?
Kubaka aho kugitereka=?
Umufundi wabyubatse=?
Igihugu kiracyafite byinshi byo gukora no gukosora!ibi ni ukubeshya umuntu ko wamufashije.Ikigega kirarusha agaciro inzu cyubatseho!!!!!!Hari ahandi nageze ho mbona birasekeje cyane muzahanyarukire mutubwire naho i nyamagabe mu murenge wa kibirizi mu mudugudu uri hafi y’ivuriro rya kibirizi!!!!
aha ni mu cyaro i Rubengera n,urugo rw,inturusu
iyo foto iraharagaza umuntu utuye mucyaro ariko w’umusilimu, kuba umunyarwanda usobanutse aho waba utuye hose
Oya ntacyo ivuze. Keretse niba ari igisakuzo. Nicyo gisaba gufindura.
none se ko utagize icyo uyivaugaho ? niyo nziza se ni mbi se?
Yayifatiyehe? Uvuziki ubwo? Namwe mwishakiye akazi kbsa!!!!!!!!!