• Uruvange rwa avoka n

    Dore uko wakwita ku misatsi ukoresheje avoka n’amagi

    Avoka ubusanzwe abantu bayizi nk’urubuto ruryoha, kandi rukundwa n’abatari bake, ariko ibyiza byayo ntibigarukira k’ukuribwa gusa, kuko igira n’akamaro gakomeye mu kwita ku misatsi.



  • Menya inkomoko y’uwa Gatatu w’ivu

    Umunsi w’uwa Gatatu w’ivu washyizweho na Papa Grégoire wa mbere (Pape Grégoire I) mu mwaka wa 591. Ni umunsi abakritsu ba Kiliziya Gatolika batangiriraho igisibo cy’iminsi mirongo ine bazirikana ibabara rya Yezu Kristu gisozwa ku munsi wa Pasika hizihizwa izuka rya Yezu.



  • Agasozi bahimbye Saint Valentin kubera kwivugana umusore

    Bahise ‘kuri Saint Valentin’ kubera uwahaguye arimo gusambana

    Mu Karere ka Karongi, mu Murenge wa Rugabano, hari umusozi bahimbye izina rya ‘Saint Valentin’ kubera umusore wahatakarije ubuzima yagiye kugira icyo yimarira (gusambana) n’inkumi mu kagoroba.



  • Ubundi ikawa irahumura cyane ariko ngo hari abarwaye bakanakira Covid-19 batumva impumuro yayo

    Hari abakize Covid-19 batakaza ubushobozi bwo guhumurirwa no kumva icyanga – Ubushakashatsi

    Ibyo gutakaza ubushobozi bwo guhumurirwa, kunukirwa ndetse no kutamenya icyanga cy’ibyo umuntu ashyize mu kanwa, mbere ngo ntibyari bizwi nka kimwe mu biranga umuntu warwaye Covid-19, gusa ngo uko abarwayi bayo bagendaga bagaragaza icyo kibazo nibwo abaganga baje kwemeza ko ibyo nabyo ari ibimenyetso bijyana na Covid-19.



  • Menya uko wafasha uwafashwe n

    Menya uko wafasha umuntu ufashwe n’amashanyarazi

    Umubiri w’umuntu ugizwe n’amazi ku kigero cya 60%, iyo ni yo mpamvu afatwa n’amashanyarazi. Buri mwaka, hirya no hino ku isi za miliyoni z’abantu bafatwa n’amashanyarazi hakaba n’abahitanwa nayo.



  • Uwarumwe n

    Dore uko wafasha umuntu warumwe n’inzoka

    Kurumwa n’inzoka ni imwe mu mpanuka zibaho cyane cyane igihe umuntu akunda gukora imirimo ituma ajya ahantu hari ibihuru, uretse ko hari n’ubwo inzoka ishobora kwinjira mu nzu, ikaba yaruma umuntu.



  • Amazi y

    Menya akamaro ko kunywa amazi y’akazuyazi

    Abantu benshi bavuga ko kunywa amazi ari ikintu cyiza kuko afite akamaro gakomeye, icyakora ngo kuyanywa ari akazuyazi byagirira umubiri neza kuruta kuyanywa akonje.



  • Kugira uburakari bukabije byagutera kurwara umutwe n

    Menya indwara ziterwa no kugira uburakari n’umujinya bikabije

    Mu ndwara ziterwa n’uburakari n’umujinya mwinshi harimo izifata imyanya y’ubuhumekero, iz’umutima, iz’umwijima ndetse n’izifata impindura, hari kandi kugira umuvuduko w’amaraso ukabije ndetse no kubabara umutwe.



  • Inyanya zifitiye akamaro kanini uruhu

    Menya akamaro k’inyanya ku buzima bw’uruhu

    Abantu benshi bazi inyanya nk’uruboga rukoreshwa mu gikoni cyangwa se nk’ikirungo gihindura ibara ry’ibiryo, hakaba n’abazirya zidatetse (salads), ariko akamaro k’inyanya ntikaboneka binyuze mu kuzirya gusa, ahubwo no kuzisiga ku ruhu bigirira umuntu akamaro.



  • Abashakashatsi bavuga ko myenda ifite amabara akeye itera ibyishimo

    Abashakashatsi bavuga iki ku myenda ifite amabara akeye?

    Ubushakashatsi bwemeza ko ibimaze igihe kinini bivugwa binagirwaho impaka, ko abantu benshi baterwa umunezero n’imyenda icyeye bambaye ndetse nabo bari kumwe ari byo.



  • Menya uburyo wakorera isuku imbwa yawe

    Nk’uko umuntu yigirira isuku ku mubiri n’aho atuye ni na ko imbwa zo mu ngo na zo zikenera isuku. Iyo imbwa ifite isuku n’ubuzima bwiza itera nyirayo ibyishimo, ariko igashobora gutera ibindi bibazo yewe n’indwara mu gihe ititaweho mu buryo bukwiriye.



  • Ibibuto bya Avoka ni umuti ukomeye n’ubwo abantu babijugunya

    Avoka ni urubuto ruzwi n’abantu benshi kandi usanga runakunzwe cyane, ariko abenshi barya avoka bahita bajugunya ibibuto byazo kuko batazi akamaro kabyo cyangwa se bakaba bumva na kindi babikoresha. Nyamara ibyo bibuto, ngo ntibyagombye kujugunywa kuko na byo bifite akamaro gakomeye ku buzima bw’umuntu.



  • Umubirizi

    Umubirizi uzwiho kuvura inzoka zo mu nda burya uvura n’izindi ndwara

    Umubirizi ni igiti usanga kizwi n’abantu benshi kandi gikunze kuboneka ahantu hose hari ibihuru. Gusa abenshi bazi umubirizi nk’umuti w’inzoka zo mu nda, hakaba n’abakunda kuwushyira mu mazi bagiye kuhira amatungo kuko ngo bituma anywa neza kandi ukayagirira akamaro. Iyi nkuru iragaruka ku kandi kamaro k’umubirizi.



  • Joe Biden yavunitse arimo gukina n’imbwa ye

    Perezida Joe Biden uherutse gutorerwa kuyobora Leta zunze Ubumwe za Amerika yavunitse ikirenge ubwo yari arimo akina n’imbwa ye.



  • Umunyamerika Rick Ross, umwe mu bafite tatouage nyinshi ku mubiri we (Ifoto: Internet)

    Ibyo ukwiye kumenya mbere yo kwishyiraho ‘Tatouage’

    Kwishushanya ku mubiri n’irangi ridashira (tatouage) ni bimwe mu bintu bikunzwe kugaragara mu rubyiruko bishobora kugira ingaruka ku wabikoze.



  • Nibaza impamvu iyo bigeze mu kwihanganisha imiryango y’abahitanywe na Covid-19 bitandikwa mu Gifaransa

    Kuva mu Rwanda batangira kugaragaza ibipimo by’abanduye Covid-19 ndetse n’abakize bakoresha indimi 3 muri 4 zemewe gukoreshwa mu Rwanda, nyamara iyo bigeze mu kwihanganisha imiryango yagize ibyago usanga basoza bakoresheje indimi 2 gusa.



  • Uko wafasha umuntu mukuru gukira indwara yo kunyara ku buriri

    Ubuhamya bwa Nyampinga(izina ritari irye nyaryo) bwumvikanisha ukuntu bitera isoni gusoba cyangwa kunyara ku buriri kandi uri umuntu mukuru urengeje imyaka cumi n’umunani(18). Kuri we, ngo ni ikibazo yumva kimukomereye cyane kandi agerageza uko ashobora ngo birangire ariko ntibimukundire.



  • Mu Rwanda, ikoti rishyushye ariko ritaremereye ryagufasha mu gihe cy

    Menya uko ukwiye kwambara muri iki gihe cy’imbeho

    Uko ibihe bihinduka, ni na ko imyambaro abantu bambara ihinduka haba mu bukonje cyangwa mu gihe cy’ubushyuhe (impeshyi). Muri iyi minsi nubwo mu Rwanda hakonje, nanone ntibiragera aho abantu bakenera kwambara inkweto zirimo ubwoya.



  • Umujyanama wa Trump mu by

    Umujyanama wa Trump mu by’amasengesho yiyambaje Abamalayika

    Umujyanama wa Perezida Donald Trump mu by’umwuka, Paula White-Cain, avuga ko abamalayika baturutse muri Afurika no muri Amerika y’Epfo bakaba baje gufasha Donald Trump gutsinda amatora aho akomeje kurushwa n’uwo bahanganye Joe Biden uhagarariye ishyaka ry’Abademocrate.



  • Icyuma iyi sake yakoreshaga irwana na ngenzi yayo ni cyo cyakomerekeje uyu mupolisi bimuviramo urupfu

    Philippines: Umupolisi yishwe n’isake

    Mu gihugu cya Philippines, umupolisi yishwe n’isake ubwo yageragezaga guhagarika umukino wo kurwanisha amasake, ukunzwe muri icyo gihugu.



  • Gusuka cyangwa kudefiriza imisatsi kenshi bishobora gutuma ipfuka

    Hari abagore n’abakobwa b’abirabura bavuga ko gutunga imisatsi y’umwimerere bibagora kuko ikomera mu kuyisokoza cyane cyane iyo ari myinshi, cyangwa se bagahora bayisutse kugira ngo bitabagora guhora basokoza, uretse ko hari n’abavuga ko kuyisuka kenshi bituma ikura ikaba miremire.



  • Impamvu itangaje yatumye areka inyama y’inkoko

    Mu buzima bwa buri munsi, abantu bagira ubwoko bw’amafunguro bakunda kurya ku buryo usibye indwara gusa; nta kindi gishobora gutuma bayareka uko byagenda kose.



  • Udukingirizo twakoreshejwe babanzaga bakatwoza

    Vietnam: Polisi yafashe udukingirizo ibihumbi 324 twarasubijwe ku isoko nyuma yo gukoreshwa

    Muri Vietnam hakomeje kuvugwa inkuru y’udukingirizo ibihumbi 324 Polisi iherutse gufatira ku isoko twarakoreshejwe ariko abaducuruza bakatwoza, bakadufunga neza, bakadusubiza ku isoko tukagurishwa.



  • Sergueï Torop uzwi ku izina rya Yesu w

    ‘Yesu’ w’i Siberia yatawe muri yombi ashinjwa uburiganya

    Uwitwa Sergueï Torop wo mu Burusiya ni umwe mu bayobozi b’idini ry’abahindu uzwi cyane muri icyo gihugu. Avuga ko Yesu/Yezu yazukiye muri we, akaba afite ibihumbi byinshi by’abayoboke mu idini rye.



  • Ibyo umusore atagombye kubaza umukobwa bagihura mu gihe yifuza ko bakundana

    Abahanga batandukanye bagira abantu inama ku myitwarire cyangwa ibibazo umusore atagombye kubaza umukobwa niba yifuza ko bakundana koko.



  • Menya amwe mu mazina yahawe inzoga zitemewe n’isano bifitanye

    Zimwe mu nzoga zitemewe zengwa rwihishwa mu Rwanda kandi mu buryo butemewe, usanga zifite amazina asekeje izindi zikitwa amazina asanzwe akoreshwa mu buzima bwa buri munsi, ariko yose afite aho ahuriye n’ingaruka zigira ku wazinyoye.



  • Ghana: Abagabo banga ibiryo bateguriwe n’abagore bashobora gufungwa

    Umuhuzabikorwa w’ishami rishinzwe kurwanya ihohoterwa no kwita ku bahuye na ryo muri Polisi yo muri Ghana, Superintendent George Appiah-Sakyi yaburiye abantu ko, ari cyaha kuba umugabo yakwanga ibiryo yateguriwe n’umugore we, asobanura ko iyo myitwarire ifatwa nk’ihohoterwa rikora ku marangamutima (emotional abuse).



  • Menya bamwe mu byamamare bishyuye abagore ngo babatwitire abana

    Ku wa Gatanu tariki ya 11 Nzeri 2020 nibwo urukiko rwemeje ko umugore n’umugabo baha igi rizavamo umwana undi mugore akabatwitira akazababyarira, ibizwi nka ‘surrogacy’ mu rurimi rw’icyongereza.



  • Esipanye: Uwavurwaga COVID-19 yacitse abaganga ajya kwidagadura ku mucanga

    Umugore wo muri Esipanye utatangajwe amazina yarenze ku mabwiriza agenga abanduye covid-19, ava aho yari asanzwe akurikiranirwa n’abaganga ajya ku mucanga w’inyanja koga no kwidagadura.



  • Zambia: Bari mu cyunamo nyuma y’uko ifi itangaje yahimbwe ‘Mafish’ ipfuye

    Nyuma y’urupfu rw’Ifi nini yavugwaho kuba itera amahirwe abanyeshuri igatuma batsinda mu bizamini byabo,ubu Abanya-Zambia benshi bari mu cyunamo.



Izindi nkuru: