• Umuriro

    Emojis n’ibisobanuro byazo (Igice cya I)

    Imbuga nkoranyambaga zitandukanye zigira utumenyetso (EMOJIS) dukoreshwa mu guhererekanya ubutumwa mu rwego rwo kwirinda kwandika amagambo menshi, kandi ubutumwa bukumvikana kurushaho, cyane cyane ubushingiye ku byiyumviro mbamutima. By’umwihariko dufashe urugero rw’urubuga rwa WhatsApp, dusangamo emojis nyinshi cyane (...)



  • Menya ibijyanye no gusuzuma umurambo (Autopsy)

    Ni kenshi inzego zibishinzwe zikunze kujya gupima umurambo cyangwa se uturemangingo ndangasano (ADN, DNA), kugira ngo hamenyekane inkomoko ye mu gihe habayeho gushidikanya, bamwe bakibaza uburyo bikorwa n’aho bikorerwa, niba se badashobora gutwara ibice bimwe by’umurambo n’ibindi.



  • Sobanukirwa aho Noheli n’itariki 25 Ukuboza bikomoka

    Abantu benshi ku isi bishimira umunsi mukuru wa Noheli nyamara bamwe ntibasobanukiwe aho uwo munsi mukuru wizihizwa nyirizina na Kiliziya Gatolika waturutse, icyakora Padiri Ndagijimana Theogene wiga Amategeko ya Kiliziya i Roma, arawusobanura byimbitse.



  • Sobanukirwa zimwe mu mpamvu zitera umubyibuho ukabije

    Imibare y’abafite umubyibuho ukabije ikomeje kuzamuka ku rwego rw’isi muri rusange, hatitawe ku rwego rw’ubukene cyangwa ubukire.



  • Dore amafunguro umunani udakwiriye gufata nijoro

    Amwe mu mafunguro cyangwa ibinyobwa si byiza kubifata nijoro mu gihe umuntu ari hafi kuryama, kuko bishobora kumubuza gusinzira cyangwa akarara nabi bityo akabyukana umunaniro.



  • Wari uzi ko ibihumyo bifasha guhangana n’indwara y’agahinda gakabije?

    Ibihumyo biba mu itsinda ry’ibimera, ariko ntibikora ikizwi nka ‘photosynthèse’ ari na yo mpamvu bitagira ibara ry’icyatsi muri byo, bikagira ibara ry’umweru.



  • Burya kugira ubwoba bwo kuvugira mu ruhame ni indwara ariko ikira

    Glossophobie cyangwa se Glossophobia ni ukugira ubwoba bwo kuvugira mu ruhame (mu bantu benshi). Ni indwara ikunze kwibasira abantu benshi, aho ubushakashatsi bwagaragaje ko abagera kuri 75% by’abatuye isi biyumvamo ubu bwoba bwo kuvugira mu ruhame ariko ku kigero kitari kimwe, nk’uko Wikipedia.org ibisobanura.



  • Dore uburyo bw’ibanze bufasha umubyeyi kugira amashereka ahagije

    Hari ababyeyi usanga bafite ikibazo cyo kubura amashereka cyangwa se bakagira adahagije, yemwe bikaba byanahera umwana akivuga.



  • Kunywa amazi arenze urugero bishobora gutera uburwayi (Ubushakashatsi)

    Ubusanzwe uturemangingo twose tw’umubiri dukenera amazi kugira ngo dukore neza; ariko iyo umuntu anyweye amazi menshi arenze urugero bigira izindi ngaruka mu mubiri. Ni byo mu kiganga bita ‘overhydration’ (amazi arenze akenewe mu mubiri).



  • Wari uzi ko umuceri ukorwamo amata afasha abana gukura neza?

    Ubusanzwe amata akoze mu bimera ntamenyerewe cyane cyane mu muryango nyarwanda. Kugeza ubu, usibye amata akomoka ku matungo by’umwihariko ay’inka, afite agaciro kanini haba ku buzima bw’Abanyarwanda ndetse no mu muco wabo, amaze kumenyekana ariko nabwo adakunzwe na benshi ni amata ya Soya.



  • Dore uko wabika ibiribwa ntibyangirike vuba

    Umugati Kugira ngo umugati ubashe kumara igihe kirekire utangiritse, ushobora kuwubika mu ishashi yabigenewe ukawuzingiramo, cyangwa ukawushyira mu gafuka ka plastic gafite imashini gashobora kongera gukoreshwa, cyangwa se mu gasanduku gato kagenewe imigati (bread box).



  • Umugore utwite yakwitwara ate ku bijyanye n’ibyo aha umubiri we?

    Inshuro nyinshi umugore utwite akunze kwisunga bagenzi be abaza uko bitwaye ubwo bari batwite, rimwe na rimwe agafata inama nyinshi zitandukanye kandi zishobora kwangiza ubuzima bwe n’ubw’umwana atwite.



  • Guseka: Umuti w’indwara nyinshi

    Isi abantu batuyeho irimo uruhurirane rw’ibibazo byinshi aho usanga umuhangayiko (stress) uterwa n’akazi kiyongeraho izindi nshingano nyinshi byarasimbuye burundu ibikorwa by’imyidagaduro byagafashije abantu kuruhuka.



  • Icyayi cy’ikimera cyitwa ‘Camomille’ gifasha guhangana na stress

    Camomille (Kamomiye), izwi cyane nk’icyayi kinyobwa mbere yo kuryama kubera akamaro kayo mu bijyanye no guhashya stress no gutuma umuntu abona ibitotsi.



  • Umwana uri munsi y’imyaka ibiri ntiyagombye kwerekwa televiziyo cyangwa telefone – Ubushakashatsi

    Ubushakashatsi bwamaze kugaragaza kwereka abana bato amashusho yo ku bikoresho by’ikoranabuhanga nka televiziyo, telefone, mudasobwa n’ibindi ngo bigira uruhare rukomeye mu gutuma bagira umubyibuho ukabije, ndetse no gutuma basinzira nabi. Ariko kandi ngo uko kubereka amashusho kuri ibyo bikoresho, byagira uruhare mu (...)



  • Ntibikunze kubaho ko umugore abyara icyarimwe abana batanu cyangwa barenga ariko bibaho

    Menya ibishobora gutuma umugore abyara impanga z’abagera kuri batanu

    Kubyara abana barenze umwe ni ibisanzwe ariko abahanga ndetse n’ibyanditswe mu bitabo bitandukanye, bivugwa ko hari abantu bashobora kubyara impanga n’abandi bake cyane bashobora kubyara abana batanu cyangwa barenga bakagera ku icumi.



  • Gutereka ubwanwa byaba birinda gusaza imburagihe (Ubushakashatsi)

    Gutereka ubwanwa no kubwogosha ku bagabo ni ikintu kitavugwaho rumwe na benshi, ariko byombi bikaba amahitamo ya buri wese. Icyakora ubushakashatsi bwakozwe bugaragaza ko gutereka ubwanwa bifite akamaro kanini:



  • Sobanukirwa byinshi ku kogosha imyanya y’ibanga

    Kogosha imyanya y’ibanga ni ngombwa, ni isuku yaba ku bagabo no ku bagore, cyane ko ari ahantu hashyuha hakaba hanabira ibyuya, bityo bikaba byateza impumuro mbi, bikarushaho kuba bibi ku bagore mu gihe cy’imihango.



  • Sobanukirwa akamaro ko kurya umuneke buri munsi

    Imineke ni kimwe mu biribwa bifasha umubiri w’umuntu kugubwa neza, kuko ifite intungamubiri z’amoko atandukanye ndetse n’imyunyu ngugu nka potasiyumu.



  • Bimwe mu byo warya bikakurinda impumuro mbi mu kanwa

    Niba ugira impumuro mbi mu kanwa, dore amafunguro yakuvura

    Kugira impumuro mbi mu kanwa bishobora guterwa n’uburwayi bwo mu kanwa, ndetse n’amafunguro amwe n’amwe nk’ibitunguru, ikawa, inzoga, inyama, n’ibindi.



  • Ibimenyetso byereka umukobwa ko umuhungu amukunda (Igice cya 2)

    1. Kuguhamagara cyangwa kukwandikira yasomye ku nzoga zisembuye Abantu benshi bemera ko amagambo umuntu avuga yasinze akenshi biba ari na byo bitekerezo bye iyo atasinze, no mu cyongereza baravuga ngo “A drunk’s person’s words are a sober person’s thoughts”. Ibi rero babishingira ku kuba inzoga zisembuye akenshi zituma (...)



  • Ibara ry’inkari, impumuro n’inshuro wihagarika ku munsi bivuze iki ku buzima bwawe?

    Iyo umuntu yihagarika neza cyangwa nabi, akituma neza cyangwa nabi, biba bifite icyo bisobanuye kinini ku buzima.



  • N

    Dore ibiti bimaze imyaka irenga 4,000 ndetse n’ibishobora kwimuka aho byatewe

    Muri Amerika hari ubwoko bw’ibiti Yezu/Yesu yavutse biriho ndetse bikiriho kugeza n’ubu cyangwa byatemwe mu myaka ya vuba, bikaba binini mu mubyimba (inganzamarumbo) kandi birebire cyane kugera kuri metero 100.



  • Ibimenyetso 6/18 byereka umukobwa ko umuhungu amukunda

    Ubushize twaberetse ibimenyetso bitanu (5) bigaragariza umukobwa ko umuhungu amukunda, ibi bikaba ari ibindi byiyongera ku by’ubushize.



  • Ibimenyetso 5/10 byereka umukobwa ko umuhungu amukunda

    Ubushize twabagejejeho bimwe mu bimenyetso bishobora kwereka umuhungu ko umukobwa amukunda, ubu noneho reka turebere hamwe ibimenyetso 5 mu 10 byereka umukobwa ko umuhungu amukunda.



  • Tofu

    Dore impamvu ukwiye kurya Tofu nibura rimwe mu cyumweru

    Tofu ni iki? Tofu cyangwa se inyama za soya (Bamwe bita fromage de soja) ni ikiribwa gifite inkomoko mu Bushinwa, kiboneka mu bikatsi bya soya nyuma yo gukamurwamo amata.



  • Sobanukirwa byinshi ku guhurwa no gutwarira ku mugore utwite

    Guhurwa mu gihe utwite cyangwa gutwarira ikintu runaka biba hafi ku bagore bose batwite. Bagira ibyo kurya cyangwa kunywa baba bifuza kurenza ibindi ari byo bita gutwarira, hari abatwarira ikintu ngo batajyaga banarya, hari abatwarira umuhumuro runaka, ngo hari n’abatwarira kurya ibitaka cyangwa umukungugu.



  • Sadate Munyakazi

    Menya byinshi kuri Munyakazi Sadate wabyaye afite imyaka 17 (Video)

    Munyakazi Sadate ni umwe mu bagabo bavuzwe cyane mu mwaka ushize wa 2020 ayobora Rayonsport, ubuyobozi yaje kuvaho hajyaho abandi, ni umugabo ufite amateka atangaje buri umwe ashobora kumva amwe akamutangaza.



  • Prof Pacifique Malonga

    Menya inkomoko y’imvugo ‘Ni nde ukinishije Pasitoro w’i Kirinda’

    Prof Pacifique Malonga usobanukiwe iby’ayo mateka aremeza ko n’ubwo imvugo “Ni nde ukinishije Pasitoro w’i Kirinda”, yakomeje kwitirirwa abantu benshi, ngo ni umubyeyi we wari Pasitoro wabivuze bwa mbere, ubwo yarambikaga isakoshi ye ku muhanda agiye kwihagarika bakayiba bashakamo amafaranga.



  • Ibintu bitanu (5/10) bigaragaza ko umukobwa agukunda (IGICE CYA KABIRI)

    1. Akureshya atiriwe akoresha amagambo Iyo umukobwa yagukunze, hari igihe ushobora kubyitiranya no kubura ibyicaro, nyamara umukobwa ashobora gukoresha ibimenyetso bidasanzwe ngo abikwereke wowe ukaba wabifata ukundi. Hari umukobwa ukunda umuhungu akabigaragaza yizengurutsa imbere ye, mu buryo ubona ko ashaka kukwiyereka (...)



Izindi nkuru: