#COVID19: Abantu 5 bitabye Imana, abamaze gukingirwa doze zombi ni 932,692

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 10 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 470 bakaba babonetse mu bipimo 11,378.

Abantu 5 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1,158. Abitabye Imana ni umugore 1 n’abagabo 4, abarembye ni 18.

Kuri uwo munsi ahabonetse abanduye icyo cyorezo benshi ni mu Karere ka Nyagatare (128), Nyamasheke (63), mu Mujyi wa Kigali (35) na Gicumbi (30) nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka