#COVID19: Abantu 2 bitabye Imana, abanduye bashya ni 89

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 03 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 89, bakaba babonetse mu bipimo 13,289.

Abantu babiri bitabye Imana, bakaba ari abagore babiri.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka