Kansiime yababajwe n’ibyo yabonye mu Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali - AMAFOTO

Umunyarwenya Anne Kansiime yakoze urugendo rwo gusura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, aho yababajwe bikomeye akanarizwa n’amateka yahabonye, nk’uko amafoto yafashwe n’umunyamakuru wacu abigaragaza.

Abo bari bajyanye gusura urwibutso nibo basohotse bamufashe mu maboko.
Abo bari bajyanye gusura urwibutso nibo basohotse bamufashe mu maboko.
Uko niko yasohokaye agahinda mu rwibutso.
Uko niko yasohokaye agahinda mu rwibutso.
Yari yabanje gushyira indabo ku mva zo ku rwibutso.
Yari yabanje gushyira indabo ku mva zo ku rwibutso.
Mu rugendo rwe yakoreye ku rwibutso rwa Kigali yari yakomeje kugaragaza kubabazwa n'ibyo yabonye.
Mu rugendo rwe yakoreye ku rwibutso rwa Kigali yari yakomeje kugaragaza kubabazwa n’ibyo yabonye.

Kigali Today

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka