Abazarushanwa bwa nyuma muri Talentum bamenyekanye

Abateguye amarushanwa ya Talentum amaze iminsi akorwa hirya no hino akaba azasorezwa kuri Stade Amahoro ku itariki 05/01/2013 batugejejeho amazina y’abazahatana kuri finali (final).

Aba bahanzi bagiye batorerwa mu masite (ahantu) hateganyijwe ariho Kigali, Huye, Musanze na Kayonza hagomba kuzavamo umwe uzegukana igihembo cyiswe “Talentum 2012”; nk’uko Gaston Rurangwa uzwi ku izina rya Skizzy yabidutangarije.

Skizzy yagize ati: “... nyuma yo kuzenguruka site enye mu gihugu abatsinze ibyo byiciro bose bazahurira Kigali bahatane mpaka havuyemo uzahiga abandi bose akaba nyirimpano nkuko izina ryitiriwe irushanwa ribivuga TALENTUM 2012”.

Final ya Talentum izahuzwa n'igitaramo Bye Bye Vacances.
Final ya Talentum izahuzwa n’igitaramo Bye Bye Vacances.

Kuri uwo munsi kandi hakazabaho igikorwa gisanzwe kibera rimwe na final ya talentum ariyo BYE BYE VACANCE ku banyeshuri baba bagiye kuva mu biruhuko bikuru basubira ku mashuri.

Nk’uko yakomeje abidutangariza kandi, iki gikorwa kizaba gifatanye no kumurika alubumu “Nimbumugabo” y’umuhanzi Lil G.

Dore amazina y’abazahatana kuri final n’aho baturuka:

MUTABAZI Arsene Ruhashya

NSENGIYUMVA Jean Paul Save

NTAHOBAVUKIRA Felix Save

UWIHOREYE Jean Claude Nyarugenge

SHEMA MWIZERWA Darius Gatsibo

BWANAKWELI Gedeon Kicukiro

KAJYIBWAMI Parfait Kimironko

ISHIMWE Theophile Muko

David Straton BIZA Musanze

IMANIGIRANEZA NKINDI Elone Musanze

MUSONI Jean Claude Muhoza

NGABO Fabrice Muhire Burera

BIRORI Yves Muhoza

MBONYIMPA Evaliste Nyabisindu

MUHAYIMANA Elisa Claude Gatsata

HAKIZIMANA Emmanuel Gatenga

TWUMVIRIMANA Pascal Gatsata

Ahmed Jean Bercimas Gikondo

MUKAMUGENO Josephine Simbi

MBANZARUGAMBA Alphonse Matyazo

NYIRINKINDI Ignace Taba

FERI Yusuf Kiramuruzi

BYIRINGIRO Etienne Mukarange

MUGABO Pacifique Ngoma

AYISHAKIYE Aime Pacfique Kayonza

UWIRINGIYIMANA Jodam Rwamagana

Marie Clemence CYIZA UWIMANIMPAYE

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka