U Rwanda rwasubiye inyuma ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi “FIFA”, ryatangaje urutonde ngarukakwezi rw’uko amakipe akurikiranye mu mupira w’amaguru, aho u Bubligi bukomeje kuyobora mu gihe u Rwanda rwatakaje umwanya umwe.

Kuri uyu wa Kane tariki 10/02, ni bwo hasohotse urutonde ngarukakwezi rwa mbere muri uyu mwaka wa 2022, aho kugeza ubu ikipe y’igihugu y’u Bubiligi ari yo iza ku mwanya wa mbere, umwanya butaravaho kuva muri Nzeli 2018.

Amavubi n'ubwo yatsinze umukino umwe wa gicuti bakinnye na Guinea yasubiye inyuma ho umwanya umwe
Amavubi n’ubwo yatsinze umukino umwe wa gicuti bakinnye na Guinea yasubiye inyuma ho umwanya umwe

Ku mugabane wa Afurika igihugu cya Senegal giheruka gutwara igikombe cya Afurika, mi cyo cyiza ku mwanya wa mbere na 18 ku isi, mu gihe igihugu cya Gambia ari cyo cyzamutse cyane aho cyazamutseho imyaka 25.

Amakipe 10 ya mbere ku isi

1 Belgium
2 Brazil
3 France
4 Argentina
5 England
6 Italy
7 Spain
8 Portugal
9 Denmark
10 Netherlands

Ibihugu 10 bya mbere muri Afurika n’ibndi byo muri aka karere

18 Senegal
24 Morocco
32 Nigeria
34 Egypt
36 Tunisia
38 Cameroon
43 Algeria
48 Mali
51 Côte d’Ivoire
56 Burkina Faso

103 Kenya
132 Tanzania
136 Rwanda
138 Ethiopia
141 Burundi

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka