Kuri uyu wa Kane tariki 10/02, ni bwo hasohotse urutonde ngarukakwezi rwa mbere muri uyu mwaka wa 2022, aho kugeza ubu ikipe y’igihugu y’u Bubiligi ari yo iza ku mwanya wa mbere, umwanya butaravaho kuva muri Nzeli 2018.
Ku mugabane wa Afurika igihugu cya Senegal giheruka gutwara igikombe cya Afurika, mi cyo cyiza ku mwanya wa mbere na 18 ku isi, mu gihe igihugu cya Gambia ari cyo cyzamutse cyane aho cyazamutseho imyaka 25.
Amakipe 10 ya mbere ku isi
1 Belgium
2 Brazil
3 France
4 Argentina
5 England
6 Italy
7 Spain
8 Portugal
9 Denmark
10 Netherlands
Ibihugu 10 bya mbere muri Afurika n’ibndi byo muri aka karere
18 Senegal
24 Morocco
32 Nigeria
34 Egypt
36 Tunisia
38 Cameroon
43 Algeria
48 Mali
51 Côte d’Ivoire
56 Burkina Faso
103 Kenya
132 Tanzania
136 Rwanda
138 Ethiopia
141 Burundi
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|