Video: Abarengeje saa tatu bapimwe COVID-19: Reba ibyo bakorewe muri Stade

Ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda, Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyapimye COVID-19 abantu bose bafashwe bakiri mu muhanda nyuma ya saa tatu, mu ijoro ryo ku wa kane tariki 13 Kanama 2020.

Byasobanuwe ko impamvu ari ukugira ngo barebe ishusho ya COVID-19 mu cyiciro cy’abantu batubahiriza isaha yo kugera mu rugo ya saa tatu z’ijoro.

Kigali Today yatemberanye na Polisi mu rwego rwo kureba uko igikorwa cyo kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza yo gutaha kare gikorwa, n’uburyo abarengeje saa tatu bafatwa bakajyanwa kuri Stade. Reba muri iyi video yafashwe na Richard Kwizera ibyo bakorerwa iyo bagezeyo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka