Utubari turafunga saa mbili z’ijoro guhera kuri uyu wa Mbere (Amabwiriza avuguruye yo kwirinda COVID-19)

Nyuma y’amabwiriza yo gukumira icyorezo cya Covid-19 yatangajwe ku wa Gatanu tariki 17 Ukuboza 2021, hashingiwe ku isesengura ry’inzego z’ubuzima, Guverinoma yavuguruye ayo mabwiriza, hagamijwe kurushaho gukumira ikwirakwira rya Covid-19, cyane cyane muri iki gihe cy’iminsi mikuru.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka