Utubari tugiye gufungura, ingendo ziremewe kugeza saa tanu i Kigali (ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Nzeri 2021 yayoboye Inama y’Abaminisitiri yabereye muri Village Urugwiro, ifatirwamo imyanzuro ikurikira:
Ibitekerezo ( 11 )
Ohereza igitekerezo
|
TURASHIMA UBUSHISHOZI BWANYU UKO MUBUKORANA KUKO BIFASHA TWESE NKATWE ABATUYE U RWANDA KANDI RWOSE TWISHIMIRA BYISHI BYIZA MUBA MWADUTEKEREJEHO BYADUFASHA KUBAHO KANDI TUTABANGAMIWE NIBYO MWADUHAYE.
TURASHIMIRA KANDI NA MUZEHE WACU PRESIDENT KO ATWITAHO UKO BWIJE NUKO BUKEYE MUGIHUGU NDETSE NO MURUHANDO MUZAMAHANGA.
TURASHIMA CYANE AHO INKINGO ZA COVID ZIGEZE ABANYARWANDA TWIKINGIZA HARASHIMISHIJE RWOSE.
MURAKOZE CYANE!!!!!!!!!!!!!
Turashimira akazi kandi katahwema kudufasha.
Ndabashimiye Nyakubahwa President of Republic and Ministers mwafatanyike mukuduha ibyo twari twiteze turi benshi kdi byatunejeje natwe ntituzabatenguha, ibyo tutabonye si uko mwabyibagiwe ahubwo ntabyo mwaduhitiyemo kuko mukunda abanyarwanda(abo muyobora). icyakora abo mwavuze bagomba kuzuza ibisabwa nka RDB cg minisiteri y’ubucuruzi babyihutishe, Murakoze!
Nshimiye Nyakubahwa Perezida wacu W ’U Rwanda
Ubwitange ni umurava bahorana bashaka imibereho myiza y Abenegihugu
Gusa Ndasaba ko bakwiga no ku kibazo cy’ ingendo ku bakoresha
Imipaka ku banyamaguru Rwose ingendo Z indege zirahenze cyane
Icyo nacyo mukitubarize
Cg bacyigeho
Ikindi bige ku bantu bari bafite Insengero bakazifunga Kubera zari zicyanditse ku bantu ku giti cyabo Nyuma bagahita bazigurisha kandi abakristo aribo bazubatse
Turasaba ko Nyakubahwa President wacu natwe dukora ingendo duciye kumupaka ko twafungurirwa kuko kugenda ni Ndege birahenze cyane murakoze
Aho ibintu bigeze bikomeje muri uyu mujyo byaba ari byiza,
arko biriya bikorwa baba bavuze ko ibindi izind ngamba zijyanye nabyo ababishinzwe bajye bigira vuba wenda nko k’umunzi ukurikira uwo inama y’abaminisitiri ya teraniyeho babe batanze umurongo.
Murakoze cyane
Turashimira nyakubahwa perezida wacu na baminisitiri be bafanyije imana ibahe umugisha
Turasaba ko badufugurira isengero murirusange izarizisazwe nzikora mbere Yuko covid Iza mu rwanda
Kandi izo sengero zikaba zarizifite ibyagobwa bitangwa nikingo kibishizwe cyemerera izo sengero gukorera mugihungu.
Murakoze cyane
Twishimiye iyo ninisiteri
Twishimiye iyo ninisiteri
Nge ndumva mufashije abikingiye Atari ngombwa ko bakwambara agapfukamunwa
agapfuka munwa ningombwa kukambara kuko nuwikingije arandura nuko covid itamuzahaza nkutarakingirwa urumvako ahubwo ashobora kwanduza abatarikingiza twihangane twese abakingiwe nabatarakingirwa tukambare tuzakamburire rimwe twese covid icogoye.
murakoze.