Urwego rw’Imfungwa n’Abagororwa rwahawe umuvugizi mushya

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS), rwatangaje ko SSP Pelly Uwera Gakwaya ubu ariwe muvugizi warwo, akaba asimbuye SSP Hillary Sengabo wagiye gukomeza amashuri.

SSP Uwera Pelly Gakwaya, Umuvugizi mushya wa RCS
SSP Uwera Pelly Gakwaya, Umuvugizi mushya wa RCS

SSP Uwera Pelly Gakwaya, yari asanzwe ashinzwe iyubahirizwa ry’ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu Rwego rw’Imfungwa n’Abagororwa (RCS).

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Ese umwe witwaga umuhoza wavugiraga rib mwatumenyera yararengeye he? Kuki mutubwirako bagiyeho ntimunatubwire uko bavuyeho? Cg ntimuyamenya iyo yavuze ibyo atatumwe bakamubika!!!!

Mayeri yanditse ku itariki ya: 23-07-2020  →  Musubize

Gender balance must be obeyed in every institution.

K.anthony yanditse ku itariki ya: 22-07-2020  →  Musubize

Congratulations to SSP Prolly U We know you’re Capable to fit this position Through your Experience and Maturity.
And then much thanks to SSP Hillary Sengabo you did the best we believe that the Next will be going forward.

KAMANZi Antoine yanditse ku itariki ya: 22-07-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka