Umujyi wa Kigali washyizwe muri Guma mu Rugo (Inama y’Abaminisitiri)

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Mbere tariki ya 18 Mutarama 2021 iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yafatiwemo ibyemezo bikurikira:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Nonese ingendo zambukiranya uturere zo bimezebite?

Alias yanditse ku itariki ya: 20-01-2021  →  Musubize

Twagize ikibazo, ministiri yavuze ko baribufashe abantu kugera aho bakorera guma murugo.none barimo batubwira ko byahindutse.mudufashe

Alias yanditse ku itariki ya: 19-01-2021  →  Musubize

ZIRABUJIJWE

ALIAS yanditse ku itariki ya: 18-01-2021  →  Musubize

Emmy muturere ntacyahindutse bizatuma uko bimeze ntakuva mu Karere ujya mu kandi ikiyongereye muli Kigali bo nuko baguma mu ngo zabo*

lg yanditse ku itariki ya: 18-01-2021  →  Musubize

Ndi iNyagatare hari ikibazo mpise nibaza. Baduhaye ibigomba kubahirizwa mumujyi wa Kigali ndetse nahandi hose mu gihugu,ko ingendo zihuza umujyi wa Kigali n’intara zibijijwe, ubwo n’ingendo zihuza uturere(akarere nakandi) ziremewe muntara???????? mudusobanurize dusobanukirwe neza.

Ntirenganya Emmy yanditse ku itariki ya: 18-01-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka