Umuhungu wa Joe Habineza ati: Papa adusigiye umurage wo kwicisha bugufi (Video)

Jean Michel Habineza ni umwe mu bana bane ba Nyakwigendera Amb. Joseph Habineza uherutse kwitaba Imana. Mu muhango wo gusezeraho bwa nyuma umubyeyi we, Jean Michel yavuze ijambo rikomeye ndetse rikora ku mutima. Yagarutse ku byaranze ubuzima bwa se wigeze kuba Minisitiri w’Urubyiruko, Siporo n’Umuco.

Bikurikire muri iyi videwo:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka