Umuhanda Kimironko-Zindiro ugiye gufungwa iminsi hafi ibiri

Polisi y’u Rwanda iratangaza ko kubera impamvu z’imirimo yo kwamubutsa umuyoboro munini w’amazi, umuhanda KG 11 Ave Kimironko-Zindiro ugiye gufungwa mu gihe cy’iminsi hafi ibiri.

Kwa Mushimire
Kwa Mushimire

Mu itangazo rigaragara ku rubuga rwa Twitter rwa Polisi y’u Rwanda riragira riti “Kubera imirimo yo kwambutsa umuyoboro munini w’amazi, umuhanda KG 11 Ave Kimironko–Zindiro uzaba ufunze igice kimwe iruhande rwa station ya essence ya SP Zindiro, kuva tariki 12 saa mbiri (20:00) za nijoro kugeza tariki 14 Ukwakira 2021 saa kumi (4:00) za mu gitondo.

Polisi kandi irasaba abakoresha uwo muhanda kwihanganira imbogamizi ziturutse kuri iyo mirimo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

gusa bihangane mugihe iyomirimo irmogukorwa

Gisubizo Eric yanditse ku itariki ya: 12-10-2021  →  Musubize

Nibabikore vuba i Masoro tubone amazi kuko dufite ikibazo cy’amazi muriyi minsi.

Claude yanditse ku itariki ya: 12-10-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka