Uko umuganda wakozwe mu bice bitandukanye by’igihugu (Amafoto)
Yanditswe na
KT Team
Umuganda usoza ukwezi kwa Mata, wakozwe kuri uyu 29/04/2017. Mu bice bitandukanye by’igihugu hibanzwe kuri gahunda yo kurwanya nkongwa mu bigori haterwa umuti.
Uretse kurwanya Nkongwa, hagiye hanakorwa ibindi bikorwa bitandukanye harimo ibyo gutunganya imihanda yangiritse, hakorwa amateme, no kuremera uwarok
otse Jenoside yakorewe Abatutsi.
Rubavu

Rubavu hatewe umuti mu bigori


Burera

Burera naho bateye umuti urwanya nkongwa

Rwamagana

Minisitiri Kamayirese Germaine mu karere ka Rwamagana batera umuti wo kurwanya nkongwa

Muhanga

Bernard Makuza perezida wa sena mu muganda mu karere ka Muhanga


Gutunganya imihanda
Kamonyi

Imihanda ya Kamonyi yarangiritse


Nyagatare

Nyagatare


Karongi

Karongi Minisitiri Seraphine Mukantabana na guverineri Alphonse Munyantwari mu muganda

Gicumbi

Gicumbi

Kigali
Umuryango w’Abagide mu Rwanda, mu gikorwa cy’umuganda, wasuye umukecuru warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi utuye mu murenge wa Kigali, akarere ka Nyarugenge, bamufasha mu bikorwa bitandukanye,yubakirwa akarima k’igikoni, asanirwa inzu, anahabwa ibikoresho byo mu rugo.




Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|