Uko umuganda wakozwe mu bice bitandukanye by’igihugu (Amafoto)
Umuganda usoza ukwezi kwa Mata, wakozwe kuri uyu 29/04/2017. Mu bice bitandukanye by’igihugu hibanzwe kuri gahunda yo kurwanya nkongwa mu bigori haterwa umuti.
Uretse kurwanya Nkongwa, hagiye hanakorwa ibindi bikorwa bitandukanye harimo ibyo gutunganya imihanda yangiritse, hakorwa amateme, no kuremera uwarok
otse Jenoside yakorewe Abatutsi.
Rubavu
- Rubavu hatewe umuti mu bigori
Burera
- Burera naho bateye umuti urwanya nkongwa
Rwamagana
- Minisitiri Kamayirese Germaine mu karere ka Rwamagana batera umuti wo kurwanya nkongwa
Muhanga
- Bernard Makuza perezida wa sena mu muganda mu karere ka Muhanga
Gutunganya imihanda
Kamonyi
- Imihanda ya Kamonyi yarangiritse
Nyagatare
- Nyagatare
Karongi
- Karongi Minisitiri Seraphine Mukantabana na guverineri Alphonse Munyantwari mu muganda
Gicumbi
- Gicumbi
Kigali
Umuryango w’Abagide mu Rwanda, mu gikorwa cy’umuganda, wasuye umukecuru warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi utuye mu murenge wa Kigali, akarere ka Nyarugenge, bamufasha mu bikorwa bitandukanye,yubakirwa akarima k’igikoni, asanirwa inzu, anahabwa ibikoresho byo mu rugo.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|