Rusizi: Urugendo rwo gusaba imbabazi no kuzitanga, rwatumye abagore babiri yapfakaje bamubabarira
Mu Karere ka Rusizi, umuntu wagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi agapfakaza abagore babiri, nyuma yo kwirega no kwemera icyaha ubu yiyunze n’abo yahemukiye binyuze mu masomo y’ubumwe n’ubwiyunge yatangirwaga muri Paruwasi ya Mushaka.
Nyuma yo kubona ko iyi gahunda ikomeje gutanga umusaruro mwiza, komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge irasaba ko igezwa mu bindi bice by’u Rwanda.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|