Rusizi: Urugendo rwo gusaba imbabazi no kuzitanga, rwatumye abagore babiri yapfakaje bamubabarira

Mu Karere ka Rusizi, umuntu wagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi agapfakaza abagore babiri, nyuma yo kwirega no kwemera icyaha ubu yiyunze n’abo yahemukiye binyuze mu masomo y’ubumwe n’ubwiyunge yatangirwaga muri Paruwasi ya Mushaka.

Nyuma yo kubona ko iyi gahunda ikomeje gutanga umusaruro mwiza, komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge irasaba ko igezwa mu bindi bice by’u Rwanda.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka