Ruhango: Ari mu maboko ya polisi akurikiranyweho kubaga imbwa

Francois Habarurema w’imyaka 22 y’amavuko, ari mu maboko ya Polisi guhera tariki 12/10/2013, akurikiranyweho kubaga imbwa ashaka kuyirya.

Habarurema ngo yabonye imodoka imaze kugonga iyi mbwa, nawe ahita ajya kwiherera atangira kuyibaga ashaka kuyirya.

Uyu mosore yiyemereye ko yari afite gahunda yo kubaga iyi mbwa ashaka kuyirya kuko yumvaga ashonje.

Gusa abamuzi baturanye nawe, bavuga ko atari muzima, ngo yari asanzwe afite uburwayi bwo mu mutwe.

Eric Muvara

Ibitekerezo   ( 2 )

Gusa abantu bafite uburwayi bwo mumutwe bakagombye kutajya baba bonyine murwego rwokubarinda gukora amahano ,gusa aramutse ntaburwayi asanganwe ubutabera bumuhe igihano gikwiriye bushingiye kumategeko.

Theo-ruhamanya yanditse ku itariki ya: 13-10-2013  →  Musubize

UWO MUGABO WABAZE IMBWA MUMUKATIRE URUMUKWIYE

ALIAS yanditse ku itariki ya: 13-10-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka