RGB yakuyeho abagize inzego z’Ubuyobozi bw’Itorero rya ADEPR

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko rwakuyeho abagize inzego z’ubuyobozi bw’Itorero rya ADEPR guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 02 Ukwakira 2020, nk’uko bigaragara muri iyi baruwa.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 16 )

Njyewe ndabona ibintu byaratangiye gupfa uhereye mugihe cya 2001 kugeza mugihe cya 2004 cyose cyakomeje kuba igihe cy,ubutita kugeza mumwaka wa2012 ho byabaye akarusho njyewe mba mbona bikunze mwashaka uko mukemura ikibazo cya ADEPR Gutya arinjye nakuraho inzego zose zihabwa umushahara icyo bo bajyaga bita agasabune ubu cyahindutse isibaniro ry,amatiku no kwikanyiza kw,abademobu munzego za adepr niyo ihoramo amakimbirane adashira nabo basigayeho ntacyizere wabagirira kuko ntabwo aragakiza kabateye kuguma murusengero ahubwo n,agafaranga tu!!

Augustin Murisa yanditse ku itariki ya: 3-10-2020  →  Musubize

Augustin, wabivuze ukuri rwose! Nta mukozi w’Imana wakorera ibihembo asarura mu bantu ngo agume mu muhamagaro.Batangiriye mu nzira ifunganye nyuma bayobera mu gihogere ntibabimenya!
Tekereza ukuntu umuntu wirwa yigisha urukundo ayobora itorero rimara umwaka nta muturage utishoboye byibura umwe uguriwe ibati ryo gusakara inzu ye iba nyamara ugahora umuhata gutura no kwitanga ku gahato! Imana irihangana ahubwo!

Alphonse yanditse ku itariki ya: 5-10-2020  →  Musubize

Birababaje cyane kubona biteye n’agahinda kumva abitwa abakozi b’Imana ari bo ubwabo bananirwa kwikemurira ibibazo kandi bahora batwigisha ko Imana ushobora byose ubwo rero bihaye abakristo bo hasi banihaye abakunzi b’itorero yemwe batumye babacishamo ijisho , icyo mbasaba nibihane by’ukuri bitari uguteta waraza buri wese avugane ukiri na mugenzi we, bave mu byaha basabe Imana n’abakristo imbabazi Imana irabababarira rwose pe!

Esdras yanditse ku itariki ya: 3-10-2020  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka