RGB yakuyeho abagize inzego z’Ubuyobozi bw’Itorero rya ADEPR

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko rwakuyeho abagize inzego z’ubuyobozi bw’Itorero rya ADEPR guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 02 Ukwakira 2020, nk’uko bigaragara muri iyi baruwa.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 16 )

Ndashimira RGB ku bwitange n’umurava igira mu gukemura amakimbirane ashingiye ku miyoborere.
Gusa njye nibaza iyo bajya gutoranya abayobozi muri ADEPR bashingira kuki?
Inama natanga: Hagakwiye gushyirwaho structure y’inzego za ADEPR na job profile kuri buri mwanya hanyuma udakwije ibisabwa ntawuhabwe.Ese kuki abakirisitu bo hasi mu midugudu birengagizwa? Bazabanze batekerezweho nibwo Itorero rizagarura ubuzima bitabaye ibyo intambara ntizizabura ndakurahiye.

Alias yanditse ku itariki ya: 9-10-2020  →  Musubize

Njwewe ndabona ADEPR hakwiye kuvugururwa inzego zose kandi hagashyirwaho umushahara ungana ku rwego abakozi bayobora bikaba mugihugu hose aho kugirango abo muri buro nyobozi bayigabanye yose .

hakizimana jean Claude yanditse ku itariki ya: 7-10-2020  →  Musubize

IGIHE CYOSE ABAYOBOZI BA ADEPR BATAZASUBIRA KU MUHAMAGARO WAYO NTIBAZAYISHORA ADEPR KIMWE N’ANDI MATORERO YOSE YA PENTECOTE YATURUTSE MURI SUEDE UMUHAMAGARO WAYO NI UGUSENGA CYANE KURUTA KWISHUSHANYA N’IBINDI BYOSE .TURASABA ABAYOBOZI BACU KO BAGARURA IBIHE BYO GUSENGA CYANE KUGARURA UMWUKA WERA MU ITORERO KUKO AYA MATORERO YAVUKIYE MURI KANSAS I TOPEKA YAVUKIYE MU MASENGESHO KANDI MU MWUKA WERA BASOME KURI WIKIPEDIA BIGANE Charles Fox Parham (Charles Fox Parham, né le 4 juin 1873 à Muscatine, Iowa, États-Unis, mort le 29 janvier 1929 à Baxter Springs, était un prédicateur et un évangéliste. Il est à l’origine de l’association de la glossolalie avec le baptême du Saint-Esprit et ainsi du développement du pentecôtisme.) UMWUKA WERA AZAGARURIRA ADEPR ICYUBAHIRO YAHORANYE MURAKOZE

KARORERO CHRISTOPHE yanditse ku itariki ya: 4-10-2020  →  Musubize

Ubundi iyo umuntu ahaze cyane ntabwo ashobora gufata isuka ngo ahinge càd ingengo y’imari imaze kugera muri ADEPR nibwo bigize abategetsi aho kuba abashumba b’umukumbi gsa abo bahungu ntibigeze bigishwa iby’ijambo njye mbona ntaho bataniye n’ibiryakare Yesaya yahanuye!basubire kuntebe z’abakristo babwirizwe kuko n’umunyagice ntiyakora ibyaha ngibyo bakoze!!.

Jérémie yanditse ku itariki ya: 4-10-2020  →  Musubize

Bari icyo nibaza kimwe kubera iki iri torero ariryo rihoramo ibibazo? Agafaranga sicyo kibazo kuko n’Andi madini abayobozi bayo baragahabwa; ubuyobozi Be’iri torero ni buganize abafatanyabikorwa baryo (avayoboke baryo) bajye babamenyesha imishinga bafite ikindi kandi banatoze abafite inshingano muri iri torero kugira ibanga; akanama nkemura mpaka gashyire mu bikorwa inshingano zako; bareke kurangwa n’ikimenyane ahubwo basenyere umugozi umwe bagamije guteza imbere itorero;ikindi Mandi bashyire imbere ivugabutumwa kuruta ibindi byose;bafashe imbabare ziri mu itorero; mbona bizabafasha guha icyerekezo I torero bahagarariye; murakoze cyane

TURINAYO Emmanuel yanditse ku itariki ya: 4-10-2020  →  Musubize

NGE NDABONA ARI UKWITONDERA IBI BINTU KUKO NTAHEREZO BIFITE KUVA AHO UMUKOZI W,IMANA REVELAND USABWIMANA SAMWELI AVIRIYEHO KANDI BAMWE MURIBO BABIFITEMO URUHARE NTABANDI BAZAJYAHO NTA MAHORO BAZAGIRA KANDI NANONE UGIYEHO WESE AKWIYE KWIMIKA ISENGESHO N,IVUGABUTUMWA N,UBWERE BW,ITORERO MURI RUSANGE AHO KWIMIKA INYUNGU ZABO BWITE BASHAKE USABWIMANA ABAGIRE INTAMA ABAHE N,UMURONGO W,IMYITWARIRE naho ubundi abagiyeho bose badakijijwe nukujya kwikururira umuvumo no kwitesha agaciro gusa kandi bakureho abademobu binjirira itorero baje kurishakamo indamu batarigeze bakizwa [urugero nka THOM RWAGASANA WASAHUYE NABAGENZI BE BASAHUYE ITORERO BAGAFUNGWA IMISI IBARIRWA KU NTOKI NIBANAGARURE NIMITUNGO N.AMAFARANGA Y,ITORERO BSAHUYE BAZABIBAZWA N,IMANA NTIZABABARIRA NAMBA NIBATABIGARURA NJYE INAMA NATANGA RETA IJYE IGARUZA N,IMITUNGO Y.ITORERO BABA BASAHUYE MURAKOZE

ALIAS yanditse ku itariki ya: 3-10-2020  →  Musubize

Jyewe mbona hakwiye ingamba zihamye zo gukuraho umushahara maze bagakora umurimo w Imana nk umuhamagaro,gusa bagahabwa iby ibanze (ibifungurwa),ntibibabuze kwishakira akandi kazi,mbese umushahara niveho!turebe ababisigaramo nibo baba abakozi b Imana nyakuri!

Phenias yanditse ku itariki ya: 3-10-2020  →  Musubize

NGE NDABONA ARI UKWITONDERA IBI BINTU KUKO NTAHEREZO BIFITE KUVA AHO UMUKOZI W,IMANA REVELAND USABWIMANA SAMWELI AVIRIYEHO KANDI BAMWE MURIBO BABIFITEMO URUHARE NTABANDI BAZAJYAHO NTA MAHORO BAZAGIRA KANDI NANONE UGIYEHO WESE AKWIYE KWIMIKA ISENGESHO N,IVUGABUTUMWA N,UBWERE BW,ITORERO MURI RUSANGE AHO KWIMIKA INYUNGU ZABO BWITE BASHAKE USABWIMANA ABAGIRE INTAMA ABAHE N,UMURONGO W,IMYITWARIRE naho ubundi abagiyeho bose badakijijwe nukujya kwikururira umuvumo no kwitesha agaciro gusa kandi bakureho abademobu binjirira itorero baje kurishakamo indamu batarigeze bakizwa [urugero nka THOM RWAGASANA WASAHUYE NABAGENZI BE BASAHUYE ITORERO BAGAFUNGWA IMISI IBARIRWA KU NTOKI NIBANAGARURE NIMITUNGO N.AMAFARANGA Y,ITORERO BSAHUYE BAZABIBAZWA N,IMANA NTIZABABARIRA NAMBA NIBATABIGARURA NJYE INAMA NATANGA RETA IJYE IGARUZA N,IMITUNGO Y.ITORERO BABA BASAHUYE MURAKOZE

ALIAS yanditse ku itariki ya: 3-10-2020  →  Musubize

RGB ibyo yakoze nibyo,cyakora komite y’inzibacyuho izategure ibintu neza,haba kugushyiraho abayobozi bashoboye,imishahara ihanitse,gusubizaho assemble generale irimo abashumba b’amaparuwasi,....

NYANZIRA Gaetan yanditse ku itariki ya: 3-10-2020  →  Musubize

Iyo bijya gupfa biyita abakozi b’Imana kandi nta contract y’akazi basinyanye n’Imana. Nibumva ko bakwiye kuba abagaragu b’Imana, kuko umugaragu akora adategereje igihembo, ahubwo ategereje kuzashimwa na shebuja, ibyabo bizagaruka ku murongo.

Ikindi kandi twumvise imishahara bapfa ari umurengera, Rwanda Revenue Authority izajye gukorayo Audit irebe ko bishyura imisoro kuko nta kuntu umuntu yajya ahembwa arenze miliyoni ya buri kwezi ngo byitwe isabune. Ibyo byitwa kunyereza imisoro. Si ndi umuyoboke wa ADEPR ni inama natangaga naho ubundi nihitiraga.

Musirimu yanditse ku itariki ya: 3-10-2020  →  Musubize

Erega ADEPR ntabwo yarikiri itorero yari company habagamo imihigo y’amafaranga kuruta ubutumwa bwiza bavugaga ko aribwo bahamagariwe igihembo kirenze 1000000frw ukita isabune!!!?

Munyankindi yanditse ku itariki ya: 3-10-2020  →  Musubize

ADEPR ikwiye kuvugururwa uhereye ku nzego za Paroisse.
Icyitwa inteko rusange kikagurwa kuko usanga hari abatibonamo.

Structure ya ADEPR niyo ituma hahoramo amakimbirane.

Alias yanditse ku itariki ya: 3-10-2020  →  Musubize

aba demobu ahahhahahah

Alias yanditse ku itariki ya: 6-10-2020  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka