Reba uko Kigali itatse mu kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka wa 2021 (Amafoto)

Mu bice bitandukanye by’Igihugu harimbishijwe mu rwego rwo kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka, by’umwihariko mu mujyi wa Kigali.

Kigali Today yanyarukiye mu bice bitandukanye bya Kigali, henshi muri uyu mujyi hakaba hagaragara imitako ijyanye no kwizihiza iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, nk’uko bigaragara muri aya mafoto:

Kureba amafoto menshi, kanda HANO

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

YEWE,BIRASEKEJEPE! KUBONTA IGISIGA GIKWARA INYAMPA. MUMUGIWA’KIGALI. NISAZWEPE. YARI’PASICALI CYEYA.

NTABANGANYIMANA PASICALI yanditse ku itariki ya: 2-09-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka