Perezida Kagame yitabiriye siporo rusange

Perezida Paul Kagame, kuri iki Cyumweru tariki 21 Ugushyingo 2021 yitabiriye siporo rusange iba kabiri mu kwezi izwi nka ‘Car Free Day’.

Iyo siporo iba cyane cyane mu Mujyi wa Kigali iba igamije gutuma umujyi wa Kigali urushaho kugaragara neza mu rwego rwo kurengera ibidukikije, ndetse ikaba igamije no gushishikariza abaturage kugira ubuzima bwiza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Kabisa sports ningenzi mubuzima bwumuntu president Paul Kagame turakwemera urumuyobozi utekerereza neza abo uyobora isuku aho dutuye ok mubuzima bwacu naho tugomba kuhasukura thx alot our president .

Elias yanditse ku itariki ya: 21-11-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka