Perezida Kagame yitabiriye siporo rusange
Perezida Paul Kagame, kuri iki Cyumweru tariki 21 Ugushyingo 2021 yitabiriye siporo rusange iba kabiri mu kwezi izwi nka ‘Car Free Day’.
Iyo siporo iba cyane cyane mu Mujyi wa Kigali iba igamije gutuma umujyi wa Kigali urushaho kugaragara neza mu rwego rwo kurengera ibidukikije, ndetse ikaba igamije no gushishikariza abaturage kugira ubuzima bwiza.
Today, President Kagame participated in #CarFreeDay, the mass sports event takes place twice a month and serves to make Kigali a green city while promoting a healthy lifestyle. pic.twitter.com/UgJoqQw8UN
— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) November 21, 2021
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Kabisa sports ningenzi mubuzima bwumuntu president Paul Kagame turakwemera urumuyobozi utekerereza neza abo uyobora isuku aho dutuye ok mubuzima bwacu naho tugomba kuhasukura thx alot our president .