Perezida Kagame yishimiye kubona umwuzukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko kuva ku Cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020, umuryango we wishimiye kuba babonye umwuzukuru.

Ange Kagame na Bertrand Ndengeyingoma bashyingiwe muri Nyakanga umwaka ushize
Ange Kagame na Bertrand Ndengeyingoma bashyingiwe muri Nyakanga umwaka ushize

Mu butumwa yanyujije kuri twitter, Perezida Kagame yagize ati “Kuva ejo hashize, tunejejwe no kugira umwuzukuru. Turabashimiye A&B (Ange na Bertrand)”.

Umuryango wa Perezida Kagame ubonye umwuzukuru nyuma y’igihe kigera ku mwaka umukobwa wa Perezida Kagame ari we Ange Kagame ashyingiranywe na Bertrand Ndengeyingoma.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

ANGE NA BERTRAND NI BONKWE BASUBIREYO NTA MAHWA DUTEYE IMPUNDU

alias umukobwa wa Bikira Mariya yanditse ku itariki ya: 21-07-2020  →  Musubize

Felicitations.. kandi musubireyo nta mahwa ahari

Salim yanditse ku itariki ya: 21-07-2020  →  Musubize

Congratulationd Mr president

Kinani yanditse ku itariki ya: 20-07-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka