Perezida Kagame yishimiye kubona umwuzukuru
Yanditswe na
Charles Ruzindana
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko kuva ku Cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020, umuryango we wishimiye kuba babonye umwuzukuru.

Ange Kagame na Bertrand Ndengeyingoma bashyingiwe muri Nyakanga umwaka ushize
Mu butumwa yanyujije kuri twitter, Perezida Kagame yagize ati “Kuva ejo hashize, tunejejwe no kugira umwuzukuru. Turabashimiye A&B (Ange na Bertrand)”.
Umuryango wa Perezida Kagame ubonye umwuzukuru nyuma y’igihe kigera ku mwaka umukobwa wa Perezida Kagame ari we Ange Kagame ashyingiranywe na Bertrand Ndengeyingoma.
Since yesterday we are very happily and 'officially' grand parents. Congratulations A&B!!
..:):):) What a joy!?— Paul Kagame (@PaulKagame) July 20, 2020
Inkuru zijyanye na: Ange Kagame
- Ange Kagame yashimiye abaganga bamufashije kubyara imfura ye
- Ange Kagame na we yinjiye mu bukangurambaga bwo gusukura neza intoki
- Ange Kagame na Jeannette Kagame na bo batanze impapuro z’isuku ku bana b’abakobwa
- Dore umubare wa telefoni umuryango wa Perezida Kagame ugiye guha Abanyarwanda
- Ange I. Kagame yashyize hanze amafoto y’ubukwe bwe
- Ange Kagame yanenze imibarize isebya abakobwa muri Miss Rwanda
- Edmund Kagire yashimiye Ange Kagame wamuhaye arenga miliyoni
Ohereza igitekerezo
|
ANGE NA BERTRAND NI BONKWE BASUBIREYO NTA MAHWA DUTEYE IMPUNDU
Felicitations.. kandi musubireyo nta mahwa ahari
Congratulationd Mr president