Perezida Kagame yayoboye inama ngishwanama yize kuri #COVID19

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Kanama 2021 yayoboye inama ngishwanama y’Umukuru w’Igihugu, abayitabiriye baganira ku ngingo zitandukanye zirimo icyorezo cya COVID-19, n’izindi ngingo zitandukanye.

Iyi nama ihuriza hamwe impuguke z’Abanyarwanda n’Abanyamahanga, bagira inama Perezida wa Repubulika ndetse na Guverinoma.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Turi kumwe!

Martin Mambo yanditse ku itariki ya: 18-08-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka