Perezida Kagame yashimiye abamwifurije isabukuru nziza y’amavuko

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yanditse kuri Twitter, ashimira umuntu wese wamwoherereje ubutumwa bumwifuriza isabukuru nziza y’amavuko.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Umusaza wacu dukunda cyane tukwifurije isabukuru nziza kdi Iyakuremye iguhe umugisha n’imbaraga zo gukomeza guteza imbere abanyarwanda dusoje tukwifuriza ishya nihirwe mumirimo yawe ya buri munsi.

Muhire Augustin yanditse ku itariki ya: 24-10-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka