Perezida Kagame yakiriye umuyobozi wa MTN Group

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Umuyobozi mukuru w’ikigo cy’ubucuruzi cya MTN Group, Ralph Mupita, uyu akaba ari mu Rwanda muri gahunda yo gushyira MTN Rwanda ku isoko ry’Imari n’Imigabane.

Ralph Mupita ayobora MTN Group guhera mu kwezi kwa munani k’umwaka ushize wa 2020.

MTN Rwanda igiye gucuruza imiganabe yayo ku isoko ry’Imari n’Imigabane guhera kuri iyi tariki ya 04 Gicurasi 2021, iri soko rikaba rimaze imyaka icumi rikorera mu Rwanda.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka