Perezida Kagame yageze muri Turukiya

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze Istanbul mu gihugu cya Turukiya, aho yitabiriye inama y’ubufatanye hagati y’ibihugu bya Afurika na Turukiya.

Ni inama igiye kuba ku nshuro ya gatatu, ikaba yitabiriwe n’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bo ku mugabane wa Afurika.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka