Perezida Kagame yageze muri Angola

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yageze i Luanda muri Angola, aho ubu arimo kuganira na Perezida w’icyo gihugu, João Lourenço, mu gihe bitegura kwitabira inama ya kabiri ya ‘ICGLR Mini-Summit’, yiga kuri politiki n’uko umutekano uhagaze muri Repubulika ya Santrafurika.

Perezida Kagame yakiriwe na Perezida João Lourenço wa Angola
Perezida Kagame yakiriwe na Perezida João Lourenço wa Angola

Biteganijwe ko iyo nama iza kuganira ku bibazo bijyanye n’umutekano muri Santarafurika, ikaba iza kuba ku gicamunsi cy’uyu wa Kabiri tariki 20 Mata 2021.

Ubwo Perezida Kagame yageraga i Luanda
Ubwo Perezida Kagame yageraga i Luanda
Abayobozi bombi bagiranye ikiganiro
Abayobozi bombi bagiranye ikiganiro
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka