Perezida Kagame yageze i Kagitumba aho agiye kuganira n’abaturage
Yanditswe na
KT Editorial
Perezida Kagame ageze i Kagitumba mu Karere ka Nyagatare aho arimo kwirebera ibiro by’Umupaka Ukomatanyije.
Perezida Kagame arareba aho ibikorwa byo kubaka hoteli yitwa EPIC igeze yubakwa n’uruganda rutunganya amabuye asaturwa ku rutare.

Perezida Kagame yamaze kugera ku mupaka wa Kagitumba.
Turabakurikiranira umunota ku w’undi iby’uru rugendo.
Ohereza igitekerezo
|
kagame tumurinyuma kbs ni kugimputsi
Abayobozi bayobora uturere bari bakwiye kujya bakemura ibibazo by’abaturage hakiri kare mbere yuko abaturage bategereza perezida ko azaza kubatabara! Ni uko nyine dufite intore izirusha intambwe nyakubahwa oerezida Kagame naho ubundi rwose abayobozi mu nzego zibanze nabo hari igihe barangarana abaturage.