Perezida Kagame akigera i Burera yakiranywe ubwuzu (Amafoto)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa gatatu tariki 08 Gicurasi 2019, yatangiye uruzinduko akorera mu ntara z’itandukanye z’igihugu asura akarere ka Burera.
Muri uru ruzinduko rw’iminsi itatu, biteganyijwe ko Perezida Kagame asura Burera na Musanze mu ntara y’Amajyaruguru, agasura Rubavu na Rutsiro, nyamasheke na Karongi mu ntara y’Uburengerazuba.
Inkuru zijyanye na: Kagame mu turere tw’u Rwanda
- Perezida Kagame yasabye abacuruzi ba Rubavu gucuruza bagamije isoko rinini
- Uwashaka guhungabanya umutekano wacu ajye abanza atekereze kabiri – Perezida Kagame
- Icyo twashakaga mwarakiduhaye, ubu natwe icyo mwadushakagamo tugomba kukibaha – Perezida Kagame
- Perezida Kagame i Musanze: Abayobozi bihutiye kwandika ibibazo by’abaturage (Amafoto)
- Abagishaka guhungabanya umutekano bazahura n’ibintu bibi cyane - Perezida Kagame
- Ntabwo ba mukerarugendo bajya ahantu hadafite umutekano – Perezida Kagame
- Perezida Kagame aribaza impamvu ibibazo bimara igihe bivugwa ariko ntibikemurwe
- Ibihumbi by’Abanyamusanze byiteguye kwakira perezida Kagame (Amafoto)
- Burera: Inzego zananiwe gusobanurira Perezida Kagame ikibazo cy’uruganda rw’amata
- Uruzinduko rwa Perezida Kagame i Burera mu mafoto
- Ntabwo twakwingingira umuntu kuduha umutekano – Perezida Kagame
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Turashimira perezida wacu udahwe kwita kubibazo byabaturage
Turabashimira kumakuru mubamwaducukumburiye kukotuba tutabashije kwijyererayo