Nta murimo ukitwa uw’umugabo cyangwa uw’umugore (Amafoto)

Mu Rwanda rwo hambere hari imirimo yafatwaga nk’aho yagenewe abagore, n’indi yagenewe abagabo gusa. Cyakora muri iki gihe iyo myumvire igenda itakara, biturutse mbaraga zashyizwe mu guteza imbere ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore nk’uko bigaragazwa n’aya mafoto akurikira.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Ndasubiza wowe witwa DIDI.Ntabwo ari Pawulo wanditse ko abagore batagomba kwigisha mu nsengero,ahubwo ni Pawulo.Ibyo wavuze byanditse muli Abagalatiya 3:26-28,havuga ko abantu bose bemeye KRISTU ari bamwe muli Kristu.Ariko ntabwo havuga ko abakristu bose bareshya.Urugero,Yesu yavuze ko Abakristu bagomba kuba umwe.Nyamara ntabwo abakristu tureshya!!.Bisobanura gusa ko twese dufite umugambi umwe.Ibyo wowe uvuga,Pawulo yabyanditse mbere muli Abagalatiya.Nyuma yahoo,yabisobanuye neza,yuko Umugabo ari Chef w’umugore (1 Abakorinto 11:3),kandi ko atagomba kwigisha mu nsengero nkuko 1 Timote 2:12 na 1 Abakorinto 14:34-35 havuga.Birumvikana neza.Ababirengaho nukubera kwishakira ifaranga gusa.Ariko bajye bamenya ko bibaza Imana.

gatare yanditse ku itariki ya: 8-03-2019  →  Musubize

Hari imirimo ABAGORE batashobora.Urugero,muli Training ya gisirikare,hari ibyo abagore badashobora.Ikindi kandi hari n’imirimo y’ingufu batakora.Na none nk’abakristu,tujye twibuka ko hari imirimo Imana ibuza abagore.Nkuko dusoma muli 1 Timote igice cya 2 umurongo wa 12,na 1 Abakorinto 14 imirongo ya 34-35,ntabwo Imana yemerera Abagore kuyobora amatorero cyangwa amadini;cyangwa kujya imbere ngo bigishe mu rusengero.Ikibabaje nuko basigaye bakuba na zero iryo tegeko ry’Imana.Nyamara kera ntibyabagaho.Tujye twumvira Imana niba dushaka kuzabaho iteka muli paradis iri hafi,cyangwa kuzazuka ku munsi wa nyuma dutegereje.

gatare yanditse ku itariki ya: 8-03-2019  →  Musubize

@Gatare, ibyo uvuga Yesu yaje kubikuraho byose igihe yavugaga ati: ubu nta muyahudi,nta mugore.... bose byose barabyemerewe. Ikindi kandi wibuke ko abanditsi ba Bible hafi yabose ari abagabo kdi bakuriye muri society iri patriarchy bityo ntibari guha ijambo umugore

DIDI yanditse ku itariki ya: 8-03-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka