MINALOC yahaye abanyamadini n’amatorero amabwiriza akurikizwa mu kwitegura ko bakomorerwa

Imyiteguro yo kuba Amadini n’Amatorero yakomorerwa irakomeje. Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yashyizeho amabwiriza agomba kubahirizwa mu rwego rwo kwitegura ifungurwa ry’insengero n’imisigiti mu gihe cya COVID-19.

Aho basengera hamaze iminsi hafunze mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya COVID-19
Aho basengera hamaze iminsi hafunze mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya COVID-19
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Umva njyewe bitewe nuburyo iriya ndwara nyitinya kubwanjye ubundi numvaga Bari kuba bayaretse kuyafungura tukaguma gusengera murugo kuko nubundi ntibyabuza ko imana itwumva .cyane ko njye mfite nabana batarageza iriya myaka.ahubwo nyine tukaguma dukoresha momo mu gutura ariko turi murugo.nubundi se gusenga amasaha 2 nyuma mukajya mugukoropa ngo serie ya 2 ibone yinjire?,ewe ahha nibyoroshye pe

Niyigena Charlotte yanditse ku itariki ya: 5-07-2020  →  Musubize

Ese ejo twemerewe kujya mu nsengero?

Alias yanditse ku itariki ya: 4-07-2020  →  Musubize

Ese amateraniro ateganya gutangira kuzihe tariki?
Ejo kuri 5/07 amateraniro arahari? Mwadufasha mukatubwira.

Masabo yanditse ku itariki ya: 4-07-2020  →  Musubize

Ku maturo rwose kuri MoMo gusa biragoye nibareke batereke ibiseke Mu mpande 4 tujye tuza ku murongo harimo intera dushyiremo .naho ubundi ibya Momo Hari ABO byagora cyane RIC isabe bahakosore.Twirinde Covid 19.

Ruhimbaza yanditse ku itariki ya: 3-07-2020  →  Musubize

ndumva amatorero bayafunguye nibibuga bya football badufungurire dore twrahinamiranye

serge yanditse ku itariki ya: 2-07-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka