MIFOTRA itangaje umunsi w’ikiruhuko kuri uyu wa gatanu
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko kuri uyu wa gatanu tariki ya 05 Nyakanga 2019 ari umunsi w’ikiruhuko rusange mu rwego rwo gukomeza kwizihiza umunsi wo kwibohora.

MIFOTRA yatangaje icyo kiruhuko ibinyujije kuri Twitter, isobanura ko hashingiw.e ku cyemezo cya Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Uyu munsi wo ku wa gatanu utanzweho ikiruhuko, nyuma y’uko mbere yaho ku wa kane tariki 04 Nyakanga 2019 nabwo wari umunsi w’ikiruhuko hizihizwa umunsi wo kwibohora.
Muri icyo cyumweru kandi ku wa mbere tariki 01 Nyakanga 2019 ku munsi w’Ubwigenge nabwo wari umunsi w’ikiruhuko.
Hashingiwe ku Cyemezo cya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika @PaulKagame,Minisiteri y'Abakozi ba Leta n'Umurimo irabamenyesha ko kuwa Gatanu tariki ya 05.07.2019 ari umunsi w'ikiruhuko rusange mu rwego rwo gukomeza Kwizihiza Umunsi wo #Kwibohora25. @FRwanyindo @rbarwanda @aasiimwe
— MIFOTRA (@RwandaLabour) July 4, 2019
H.E. The President of the Republic of Rwanda @PaulKagame has declared Friday 05.07.2019 a public holiday in Rwanda as #Rwanda continues to celebrate the Liberation Day #Kwibohora25. Happy Liberation Day to all of you. @Frwanyindo @PSF_Rwanda @rbarwanda @aasiimwe @RwandaGov pic.twitter.com/HpRxYKRsro
— MIFOTRA (@RwandaLabour) July 4, 2019
Inkuru zijyanye na: kwibohora25
- Abanyarwanda twese twari tuboshye - Yolanda Mukagasana
- Kigali: Ibirori by’umunsi mukuru wo kwibohora byari bibereye ijisho (Amafoto + Video)
- Akababaro k’impunzi n’ikandamizwa ry’abari mu gihugu byabaye intandaro y’urugamba rwo kwibohora
- Kwibohora k’u Rwanda mu maso y’umunyabugeni
- Kwibohora25: Kigali Arena n’ ikibuga cya Cricket ku isonga mu bikorwa remezo bya siporo n’imyidagaduro
- Kwibohora25: Ibikorwa by’Ingabo byatumye Leta izigama arenga miliyari 12
- Ibitaramo ‘Inkotanyi ni Ubuzima’ bihura na gahunda yo Kwibohora 25- Bonhomme
- Perezida Kagame ntiyemeranya n’abavuga ko hari ibice by’isi byaremewe gukena
- Kwibohora25: Perezida Kagame yatashye umudugudu wa Karama wuzuye utwaye miliyari 8Frw
- Col. Rugazora yasobanuriye urubyiruko ubutumwa bw’igitabo Perezida Kagame yasohoye
- Ubutumwa bwa bamwe mu bahanzi bazitabira igitaramo cyo Kwibohora 25
- Perezida Kagame yagarutse ku mateka y’Ingoro y’Inteko ishinga amategeko mu rugamba rwo kubohora u Rwanda (Video)
- Hakurikiyeho urugamba rwo gukomeza gusobanura ibyo dukora - Perezida Kagame
- Ndabashimira bana b’ u Rwanda mwabohoye urwa Gasabo
- #Kwibohora25 : Inzu ibitse amateka menshi y’urugamba mu isura nshya
- Ingabo zo muri Afurika y’Iburasirazuba zirimo kuvura abaturage mu Rwanda ku buntu
- Gasabo: Kwibohora mu miturire n’uburezi birarangirana na 2019/2020
- Nyagatare: Uko Ishimwe watangiye kunywa urumogi yiga amashuri abanza, yatangiye ubuhinzi bw’umwuga
Ohereza igitekerezo
|