Meya Habitegeko yahishuye ibanga ryatumye Nyaruguru iza ku isonga mu mihigo ya 2019-2020 (Video)
Yanditswe na
KT Editorial
Akarere ka Nyaruguru kaje ku isonga mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2019/2020 n’amanota 84% gakurikiwe n’aka Huye na Rwamagana nka dutatu twa mbere mu gihe Nyabihu, Karongi na Rusizi ari two twa nyuma.
Ubwo yamurikaga uko imihigo ya 2019/2020 yashyizwe mu bikorwa ndetse n’ibikorwa by’ingenzi bizibandwaho mu mihigo y’umwaka wa 2020/2021, Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko imihigo ya 2019/20 yitaye ku mahame arimo ko buri mwaka hazajya hasuzumwa ibyagezweho, hanyuma buri myaka itatu hagasuzumwa ibyakorewe abaturage.
Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru yahishuye ibanga ryatumye akarere ayoboye ka Nyaruguru kaza ku isonga mu mihigo ya 2019-2020.
Video: Richard Kwizera
Inkuru zijyanye na: Imihigo 2020
- Abayobozi bave mu biro barusheho kutwegera nibwo tuzamenya ibyo bahize – Abaturage
- Ibanga Nyanza yakoresheje ikava ku mwanya wa 30 ikaba iya 5 mu kwesa imihigo
- Amajyepfo: Gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’abaturage, ibanga ryo kuza mu myanya y’imbere mu mihigo
- Imihigo: Abayobozi ba Rusizi na Karongi bavuze impamvu zatumye baza mu myanya ya nyuma
- Huye: Babyutse bajya gusanganira Meya ngo bishimire umwanya wa 2 bagize mu mihigo (Amafoto)
- Abanyarwanda bizera Perezida Kagame ku kigero cya 99,2% (Ubushakashatsi)
- Ntimukwiriye gutegereza ko mbereka ibibazo kugira ngo mubone kubikemura – Perezida Kagame abwira abayobozi
- Akarere ka Nyaruguru kahize utundi mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2019-2020
- Abayobozi berekeje i Nyagatare mu mihigo (Amafoto + Video)
- Uturere turasinyana imihigo na Perezida Kagame kuri uyu wa Gatanu
Ohereza igitekerezo
|
Niruswa habitegeko akoresha ntarindi banga ikipe yevaluwa yayihaye amamiriyoni!! Uretse akarimi naruswa se ikindi niki, mifotra na komisiyo ahora akurura inkweto arira ngoburukane abakozi ntibashoboye nibo bamuzi
Niruswa habitegeko akoresha ntarindi banga ikipe yevaluwa yayihaye amamiriyoni!! Uretse akarimi naruswa se ikindi niki, mifotra na komisiyo ahora akurura inkweto arira ngoburukane abakozi ntibashoboye nibo bamuzi
uyu mugabo yigeze kubwira umu avocat ngo niwe tegeko. yari yafashe icyemezo cyo kwambura umuturage ubutaka bwe, avocat amusabye kwisubiraho avuga ko ari itegeko mu Karere ayobora. abamugize uwa mbere bagenzure icyo bashingiyeho harimo tena