Kigali ishyizwe muri Guma mu Rugo (Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri)

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Nyakanga 2021, yayoboye inama y’Abaminisitiri yafatiwemo imyanzuro itandukanye, by’umwihariko ingamba zigamije gukumira ubwiyongere bw’icyorezo cya COVID-19. Iyo nama yashyize Umujyi wa Kigali n’utundi turere 8 muri gahunda ya Guma mu Rugo guhera tariki 17 Nyakanga 2021.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Imibere myiza yabaturage yitabweho ni bye so

James yanditse ku itariki ya: 15-07-2021  →  Musubize

nizereko mutigeze muhindura itariki yo gukora ikizamina cya reta

dadi ivani yanditse ku itariki ya: 15-07-2021  →  Musubize

Twirinde cyane

Orivie rurindo yanditse ku itariki ya: 15-07-2021  →  Musubize

Gusabira abarimu Bari mu kazi bakorera kure y’imiryango yabo ubutyo bwo kugezwa mu miryango hifashishijwe uburyo abanyeshuli batahamo kuko ndabona aba SEO na DDE barabatereranye.murakoze

Mbonimana alfred yanditse ku itariki ya: 15-07-2021  →  Musubize

Ni byiza ko hashyizweho Guma mu rugo muri tuno turere twagaragayemo covid19 kurushya utundi,Abanyarwanda ntabwo twari dukwiye gutinya Guma mu rugo kuruta uko dutinya icyorezo nyirizina.

Nkurunziza cyrille yanditse ku itariki ya: 15-07-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka