Isabukuru nziza y’amavuko kuri Perezida Paul Kagame
Yanditswe na
Malachie Hakizimana
Kuri uyu wa 23 Ukwakira 2023, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yujuje imyaka 66 y’amavuko.
Perezida Kagame yavutse ku itariki 23 Ukwakira 1957. Nyuma yo kugira uruhare rukomeye mu kubohora igihugu cya Uganda yabagamo nk’impunzi, yabaye ku ruhembe rw’ingabo zahoze ari iza FPR Inkotanyi zabohoye u Rwanda zigahagarika Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ni umuyobozi uzwiho gukunda abaturage, ndetse akanakangurira abo bafatanya kuyobora Igihugu, guhora bashyira imbere inyungu z’abaturage mbere y’ibindi.
Umuryango mugari wa Kigali Today ukaba umwifuriza isabukukuru nziza y’amavuko ndetse ukanamwifuriza kurama no kuramba.



















Ohereza igitekerezo
|
¡!¡!¡!IsabukurunzizaNyakubahwa"imana iguhaze ibyiza!¡!¡!¡
Isabukuru nziza umubyeyi w’ugihugu cyacu ndagukunda cyane rambira kubona ibyiza Kristo Yesu akurinde
ISA BUKURUNZIZA WARAKOZE IBYO WATUGEJEHO NI BYIZA TUKURINYUMA
Isabukuru nziza kuri Perezida wacu dukunda cyane KAGAME Paul. Imana nimwongerere kuramba no kurama.
Turamukynda cyane.
Isabukuru nziza kuri Nyakubahwa Perezida wacu dukunda cyane Paul KAGAME. Imana nimwongerere kuramba no kurama.
Turamukunda cyane.
Perezida wacu dukunda tumwifurije isabukuru nziza y’amavuko.Imana ikomeze imurinde n’umuryango we.
Umubyeyi wacu POUL KAGAME
Akomeze agubwe neza turamukunda abanyarwanda
NKWIFURIJE ISABUKURU NZIZA NYAKUBAHWA KOMEZA UGIRE UBUZIMA BWIZA UWITEKA AKOMEZE AKURINDE