Irebere uko umujyi wa Musanze warimbishijwe (Amafoto)

Muri iki gihe cy’iminsi mikuru yo gusoza umwaka no gutangira undi, imijyi itandukanye yo mu gihugu irarimbishwa cyane, ari na ko byagenze ku mujyi wa Musanze, ukurura ba mukerarugendo b’imihingo yose.

Kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Ukuboza 2024, umunsi ubanziriza Noheli, umunyamakuru wa Kigali Today yazengurutse uyu mujyi, areba uko imihanda, inyubako zitandukanye n’ahandi harimbishijwe, maze abasangiza aya mafoto.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Good kbs. hameze bye.

Bosck yanditse ku itariki ya: 25-12-2024  →  Musubize

Hhh!! Kbs mwahakoze neza, kibaye ariko bizahora vyari vyiza.

Gaspard Niyo murinzi yanditse ku itariki ya: 25-12-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka