Intero ‘aya si amatora ni ubukwe’ yongeye kugaragara (AMAFOTO)
Mu matora y’umukuru w’igihugu aheruka muri Kanama 2017, abaturage bari bafite imvugo y’uko batagiye kwitabira amatora ahubwo batashye ubukwe, banabigaragariza mu mitako bakoze.
- Aha ni mu biro by’itora ariko ntiwapfa kubirabukwa
Nyuma y’umwaka umwe, mu matora y’Abadepite hari aho abaturage bongeye kwiyibutsa ibyo bihe bategura ibiro by’itora nk’aho ari ahantu habereye ibirori cyangwa havugiwe imisango y’ubukwe.
Hari abahisemo gutegura ibicuba by’amata, abandi bataka amatara y’amabara atandukanye, mu gihe hari abakoze mu nganzo bandika amagambo y’ikaze ku baje gutora.
Imitegura ntingana n’iyagaragaye mu matora ya Perezida muri 2017, ariko umuhate wo gukora itandukaniro ku munsi nk’uyu ugaragaza ko Abanyarwanda bashaka kwerekana ko amatora muri Afurika adasobanuye intambara cyangwa imidugararo.
Dore amwe muri ayo mafoto:
- Iyo mitako yose iba yakozwe n’abaturage kandi nta faranga na rimwe leta iba yatanze
- Ibisabo by’amata byari byateguwe ahantu hatandukanye habereye amatora
- Ibisabo by’amata byari byateguwe ahantu hatandukanye habereye amatora
- Hari n’aho abaturage batatse amasaha yibutsa abaje gutora igihe
- Umusanzu w’uwo mutako watanzwe n’umwe mu baturage
- Iyo mitako yasobanuraga ko bafite inka zikamwa
- Azi akamaro ko kwitorera umuyobozi yifuza
- Umuseseri yabanje kwereka abitabiriye itora ko agasanduku batoreramo nta kindi kirimo
- Uwo munyabugeni na we yakoze mu nganzo
- Umukandida wigenga Ally Hussein Sebagenzi ni uko yaje gutora yigendera
- Ibyishimo byari byose kubera ko batoye bwa mbere mu buzima
- Umuyobozi wa Green Party na we yitabiriye amatora
- Musenyeri Mbonyintege Smaragde, umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi nawe yitabiriye amatora
Inkuru bijyanye
- Amatora y’abadepite yabaye ntamakemwa - Indorerezi
- Abagore batorewe guhagararira bagenzi babo mu nteko bamenyekanye
- Imyanya 4 kuri Green Party na PS Imberakuri mu nteko ishinga amategeko
- FPR irayoboye mu majwi y’agateganyo na 75%
- Yabyaye 3 avuye gutora, umwe ngo azamwita ’Mukadepite’
- Nyagatare: Yafashwe yigize indorerezi y’amatora
- Inyota yo gutora ku rubyiruko rwiganjemo n’urwayitabiriye rutaruzuza imyaka
- Muhanga: Abatoye bongeye kwibutsa abadepite kurwanya ihuzagurika mu nzego
- Muri Kigali abarwayi n’abarwaza begerejwe ibiro by’itora ngo badacikanwa
- Nyabimata: Ab’inkwakuzi bahise bisubirira mu mirimo nyuma yo gutora
- Abafite ubumuga bamaze kubona umudepite uzabahagararira
- N’utaraboneje urubyaro yavuze imyato FPR ngo itaramutereranye
- Abakandida PL bashimiye Abanyarwanda ubufatanye babagaragarije mu kwiyamamaza
- Perezida Kagame uri mu Bushinwa yamaze gutora abadepite
- Uwari warahawe akato kubera uruhu ubu ni ikitegererezo
- Gasabo: FPR yijeje abaturage kubyaza umusaruro ikiyaga cya Mutukura
- Bweyeye: Abaturage barasaba abaganga b’inzobere bahoraho
- Ruhango: Ntibakeneye umudepite wicara mu nteko gusa
- Rwaza: Abaturage ngo bizeye kubona amashanyarazi nyuma y’amatora
- Kagame yizeje ko FPR izaca iby’abayobozi bategera abaturage
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
BIRASHIMISHIJE PE.KUBONA ABANTU BITORERA ABADEPETE BABAHAGARARIRA