Ingendo ziremewe amasaha yose, Utubari tuzajya dufunga saa munani z’ijoro (Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri)
Yanditswe na
Malachie Hakizimana
Perezida Paul Kagame, ku wa Gatanu tariki 04 Werurwe 2022 yayoboye Inama y’Abaminisitiri yabereye muri Village Urugwiro, ifatirwamo imyanzuro ikurikira:
Ohereza igitekerezo
|
AGAPFUKA MUNYWA NJYE NDUMVA KAGUMAHO KUKO KATURINDA NIZINDI NDWARA ZANDURIRA MUMYANYA ZUBUHUMEKERO.
Muraho neza,
Ndashima ko ibikorwa byose byatekerejweho.
Nasabaga ko ubutaha inama y’abaminisitiri yazakuraho agapfukamunwa byibura amezi abiri (2-3) mu rwego rwogusuzuma ko kavaho burundu mu gihe muri ayo mezi 2 ntangaruka zagaragaye.
Mbarushimana Jean de Dieu
Mugire amahoro!
NUKURI NIBYIZA KUKO BYARIBIKENEWE KO AGAPFUKAMUNWA KOROSHYWA ARK IKINDI NDASABA KO BISHOBOTSE UBUTAHA HAREBERERWA HAMWE UKUNU BADUFASHA GUSHAKA IYINDI NZIRA YO GUSHAKISHA ABANZE KWIKINGIZA KUKO ABO BARIHO KANDI NIBAPFA KUGARAGARA!
MURAKOZE N
Inama y’abaminisitiri ubutaha izakureho agapfukamunwa byibura nk’amezi 2,3 mu rwego rwogusuzuma ko kavaho burundu mugihe muri ayomezi 3 ntangaruka byaba byateje. Ni Mbarushimana jean de Dieu
Murakoze
gusa kimwe cyo iyi nama yadukoreye umuti pe! amasaha 24/24 ni sawa kabisa.
kwambara agapfukamunwa no gukaraba intoki byo ni itegeko
Inama yemeje iki kubyerekeranye nabanyeshuri basoje ikizamini cyaleta yamashuri yisumbuye kubyerekeranye urugerero cyangwa x ingando
Iyinama yavuze iki kubyerekeye agapfukamunwa?
Ntacyo babivuzeho gusa agapfukamunwa karakomeje
Iyinama yavuze iki kubyerekeye agapfukamunwa?
kwambara agapfukamunwa byo ni itegeko
kwambara agapfukamunwa byo ni itegeko