Ingendo zirabujijwe guhera saa yine z’ijoro (Ingamba nshya zo gukumira COVID-19)

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye itangazo rikubiyemo ingamba nshya zigamije gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 nyuma y’uko imibare y’abandura ikomeje kwiyongera.

Izo ngamba ziratangira kubahirizwa mu gihugu hose guhera ku wa Mbere tariki ya 20 Ukuboza 2021, muri zo ngamba zafashwe harimo kuba ingendo zibujijwe guhera saa yine z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Kuki indirimbo za karahanyuze tuzi dwnloadnga bikanga

IRAGENA Vedaste yanditse ku itariki ya: 18-12-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka