Ingendo zirabujijwe guhera saa moya z’ijoro, ingendo mu modoka rusange hagati ya Kigali n’Intara zahagaritswe

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2020 yafatiwemo ibyemezo bitandukanye harimo ikivuga ko ingendo zibujijwe guhera saa moya z’ijoro kugeza saa kumi n’imwe za mu gitondo.

Iyo nama kandi yanzuye ko ingendo mu modoka rusange (public transport) hagati y’Umujyi wa Kigali n’izindi Ntara zihagarikwa, ariko ingendo mu modoka bwite (private transport) hagati ya Kigali n’Izindi Ntara zo zizakomeza ariko hubahirizwa amabwiriza y’inzego z’ubuzima.

Dore muri rusange ibyemezo byafatiwe muri iyo nama:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Birakomeye murikigihe cyokwiribda covid 19 gusa ndabona kwambara agapfuka munwa neza arishema ryaburi munyarwanda wese mukwirinda covid 19.

Nsanzimana wellars yanditse ku itariki ya: 27-08-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka