Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yagarutse
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 18, izaterana guhera ku itariki ya 27 kugeza ku itariki ya 28 Gashyantare 2023.
Ni kimwe mu byemezo byafatiwe mu nama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro ku wa Mbere tariki 30 Mutarama 2023, iyoborwa na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano igiye guterana nyuma y’imyaka itatu itaba, bitewe n’icyorezo cya Covid-19, cyari kimaze iminsi cyugarije Isi.
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yari iheruka kuba mu mpera z’umwaka wa 2019, nyuma y’uko iyari iteganyijwe kubera muri Kigali Convention Center kuva ku itariki 16 kugeza ku itariki 17 Ukuboza 2020 yasubitswe.
Ni mu itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda, ryavugaga ko impamvu iyo nama y’Igihugu y’Umushyikirano irusha izindi gukomera yasubitswe, itewe n’uko ubwandu bwa Covid-19, bwari bukomeje kugenda bwiyongera ku muvuduko uhanitse mu gihugu hose.
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano itumizwa na Perezida wa Repubulika, igahuza Abanyarwanda bose, baba abari mu gihugu n’abaturuka hanze yacyo, kandi ikitabirwa n’inzego zose z’ubuyobozi bw’Igihugu.
Inkuru zijyanye na: UMUSHYIKIRANO 2023
- Mu kwezi kumwe mubazi z’abamotari zirongera gukoreshwa
- Tuzishima neza nituba aba mbere mu mihigo - Abatuye i Huye
- Indwara zitandura nizo zihitana Abanyarwanda benshi - MINISANTE
- Perezida Kagame yashimiwe kuba yarasubije Club Rafiki ishusho y’ikibuga kigezweho
- Kwita ku bibazo byugarije umuryango byagabanyije umubare w’abatwara inda zitateguwe - MIGEPROF
- Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yasobanuye iby’izamuka ry’ibiciro ku isoko
- Perezida Kagame yasabye abayobozi kureka guhora mu nama
- Akarere ka Nyagatare kahize utundi mu kwesa imihigo
- MINISANTE yagaragaje ibyashyirwamo ingufu mu guhashya igwingira
- Ubwicanyi bukorerwa Abatutsi muri Congo bubangamiye Ubumwe bw’Abanyarwanda - Minisitiri Bizimana
- MINEDUC yatanze igisubizo cyageza ku ireme ry’uburezi ryifuzwa
- Yahereye ku bihumbi 200 none ageze kure mu iterambere (Ubuhamya)
- Bikwiye guhagarara cyangwa ubwanyu mugahagarara – Perezida Kagame abwira abasiragiza abasaba Serivisi
- Barifuza ko Inama y’Umushyikirano yasuzuma ikibazo cy’izamuka ry’ibiciro ku isoko
- U Rwanda ni urwa gatatu muri Afurika mu kugira imihanda ihuza Uturere - MININFRA
- Perezida Kagame yaburiye abayobozi batuzuza neza inshingano zabo
- Umujyi wa Kigali ugiye kongerwamo imodoka zitwara abagenzi
- Mu Rwanda abahawe nibura inkingo ebyiri za Covid-19 bagera kuri 78%
- Abiga imyuga mu Rwanda bazashyirirwaho n’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza
- Bugesera: Uruganda rutunganya ifumbire ruzagabanya iyatumizwaga mu mahanga
Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Nyakubahwa perezida warepuburika turasaba kurenganura kumazu
Uyacu yasenywe twasenyew arimiturire nanub nimiturire twasabaga komwaturenganura murakoze
Muzatubarize impamvu abakoresha ubwishingizi nka medplan Yi kiciicya2 nubundi bwishingizi pste de center itemera kutwakira kditwaregerejwe ivuriro hafi mudukorere ubuvugizi
In fact, the inflation are common , therefore we would like to entreat government to mount up the living allowance for university students
Kind regards
Nyakubahwa twasenyewe,amazu kumurindi wakanombe rusororo nyagahinga aharigarage ya kbc twasabye ,umurenge kuturenganura batwohereza mukarere biranga twoherezwa mumujyi nahobiranga twiyanbaza minaroke nahontagisubizo twahawe twandicyira,umuvunyi nahontagisubizo twabonye nyakubahwa perezida ntore,izirusha,intambwe nimwe mwaduhoza,amaría murakoz muriyinama yumushyikirano twizeye kurenganurwa
Turayishimiye!!!!!