Imyidagaduro n’ibitaramo ndangamuco bigiye gutangira gusubukurwa (Inama y’Abaminisitiri)
Yanditswe na
KT Editorial
Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku wa Gatanu tariki ya 27 Ugushyingo 2020, yafatiwemo ibyemezo bikurikira:
Imikino yamahirwe muntara bayifunguye?
Ese mwatumenyera niba ibintu byo kwerekana firm cg cinema nabyo byaba bigiye gukomorerwa cg n imyidagaduro ikomeye gusa?? Mutubatize