Imyidagaduro n’ibitaramo ndangamuco bigiye gutangira gusubukurwa (Inama y’Abaminisitiri)

Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku wa Gatanu tariki ya 27 Ugushyingo 2020, yafatiwemo ibyemezo bikurikira:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Imikino yamahirwe muntara bayifunguye?

Benoit yanditse ku itariki ya: 29-11-2020  →  Musubize

Ese mwatumenyera niba ibintu byo kwerekana firm cg cinema nabyo byaba bigiye gukomorerwa cg n imyidagaduro ikomeye gusa?? Mutubatize

Umunyarwanda yanditse ku itariki ya: 28-11-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka